Home » 2012 » February

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda : Umusaruro w ibigori mu ntara y uburasirazuba uzikuba inshuro eshatu usanzwe wera mu gihugu

  Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba, Uwamariya Odette, mu rugendo yagiriye mu Karere ka Nyagatare aherekeje Guverineri wa Banki Y’Igihugu,  kuri uyu wa 22 Gashyantare 2012, yatangaje ko umusaruro w’ibigori intara ayoboye izeza muri iki gihembwe cy’ihinga kirimo kurangira uzaba wikubye inshuro zirenga eshatu umusaruro w’ibigori usanzwe wera mu gihugu cyose. Geverineri Uwamariya Odette avuga ko umusaruro [...]

Rwanda : Umuhinzi agomba kwitondera intera iri hagati y insina n indi kugirango abone umusaruro

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda : Umuhinzi agomba kwitondera intera iri hagati y insina n indi kugirango abone umusaruro

Insina igomba gufatwa neza igihe iterwa Urutoki ni kimwe mu bishobora guteza imbere umuhinzi cyane cyane iyo rwitaweho bihagije, ariko kandi umusaruro warwo ukaba ujyana n’ubuso ruhinzweho. Mu kiganiro n’ushinzwe ubuhinzi mu karere ka Bugesera, Nkikabahizi Jean de Dieu avuga ko uko ubwinshi bw’insina burushaho kwiyongera ari nako umusaruro ugenda ugabanuka mu gihe bikorerwa ku [...]

Rwanda | Nyagatare: Maize production set to triple

\ \ \ \ \

Rwanda | Nyagatare: Maize production set to triple

  The governor of the Eastern Province of Rwanda Uwamariya Odette has said that the province projects to triple last year’s production. Uwamariya announced this during her visit to Nyagatare district where she was accompanied by the National Bank Governor Amb. Clever Gatete.   She said that it is expected that the Province alone will [...]

Rwanda | Nyabihu: Abaturage barimo kurushaho kwitegura ubuhinzi nyuma y aho imvura ibonekeye

\ \ \

Rwanda | Nyabihu: Abaturage barimo kurushaho kwitegura ubuhinzi nyuma y aho imvura ibonekeye

Nyuma y’aho imvura ibonekeye mu Karere ka Nyabihu, abahinzi bakomeje gutegura imirima yabo kugira ngo igihe cy’ihinga kitazabacika bityo bakaba bakwibasirwa n’inzara. Ubuhinzi burimo kwitegurwa neza muri Nyabihu Iyo ugendagenda mu duce tumwe na tumwe tugize Nyabihu, usanga bamwe mu baturage,barima banatunganya aho bazatera bimwe mu bihingwa byatoranijwe guhingwa mu Karere ka Nyabihu harimo ibirayi,ibigori,ibishyimbo,ingano [...]

Rwanda : Indwara zibasira amakoma y insina

\ \ \

Rwanda : Indwara zibasira amakoma y insina

Amakoma y’insina itarwaye Indwara z’amakoma y’insina zikunze kuyibasira bigatuma igitoki kidakura neza ndetse bikanagira ingaruka ku gukura kwacyo kandi ntigitange umusaruro. Ushinzwe ubuhinzi mu karere ka Bugesera, Nkikabahizi Jean de Dieu avuga ko indwara z’amakoma zirimo sigatoka y’umukara, sigatoka y’umuhondo na cladosporiose. Ati “ Izo ndwara ziragora cyane kuzitandukanya, kuko ibimenyetso byazo bijya gusa. Zigaragara [...]

Rwanda : Inzego z ibanze zirasabwa kudatererana abahinzi ku ndwara ya kabore isigaye ifata imyumbati

\ \ \ \

Rwanda : Inzego z ibanze zirasabwa kudatererana abahinzi ku ndwara ya kabore isigaye ifata imyumbati

Abagize umushinga GLCI wita ku gihingwa cy’imyumbati, by’umwihariko mu karere ka Ruhango, barasaba abayobozi n’abakozi mu nzego z’ibanze muri ako karere kwita by’umwihariko ku bahinzi b’imyumbati kuko barwaje indwara yabateje igihombo kinini. Ibi bakaba babitangaje kuri uyu wa 24 Gashyantare 2012 mu mujyi wa Muhanga mu gikorwa cyo gusoza imirimo yo kwita ku myumbati mu [...]

Rwanda | Nyamagabe:Hagiye gushyirwaho komite zitegura igihembwe cy ihinga.

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda | Nyamagabe:Hagiye gushyirwaho komite zitegura igihembwe cy ihinga.

  tariki ya 23/2/2012, sosiyete sivile yo mu karere ka Nyamagabe yagiranye inama n’abarebwa n’ubuhinzi n’ubworozi muri aka karere baganira kuri gahunda zatuma umusaruro wiyongera. Abitabiriye iyi nama barimo abashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu mirenge, abashinzwe imibereho myiza, abahinzi bahagaririye abandi ndetse n’abayobozi b’imiryango itari iya leta. Abari bitabiriye iyi nama basabye gushyiraho komite zizajya zitegura [...]

Rwanda : Mushrooms are healthy and income generating

\ \ \

Rwanda : Mushrooms are healthy and income generating

In its document “mushroom growing (September 2009)” Rwanda Agricultural Board (RAB) indicates that mushrooms are not only healthy to human development but also an important source of income to farmers.   Mushrooms are full of proteins, vitamins and minerals, amino acids, anti biotic and anti oxidants. They are edible fungi bearing a common scientific name [...]

Rwanda | Nyamagabe: Baratangaza ko guhuza ubutaka byatumye umusaruro wiyongera.

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda | Nyamagabe: Baratangaza ko guhuza ubutaka byatumye umusaruro wiyongera.

  Nyuma y’imyaka ine gahunda yo guhuza ubutaka itangiye, abashinzwe gushyira mu bikorwa iyi gahunda mu karere ka Nyamagabe baratangaza ko iyi gahunda yatumye umusaruro wiyongera. Ibi byatangajwe mu nama yabaye kuri tariki ya 23/2/2012 yahuje Sosiyete sivile n’abashinzwe gushyira mu bikorwa gahunda yo guhuza ubutaka mu karere ka Nyamagabe. Uretse kuba kandi umusaruro wariyongereye, [...]

Rwanda | Nyamasheke:  compound for drying crops raises controversy

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda | Nyamasheke: compound for drying crops raises controversy

  As a way of protecting and adding value to the agricultural products, Ministry of agriculture has constructed compound for drying crops in Nyamasheke district. However, there is still a controversy about the question on who will protect and maintain these compounds for drying crops between district authorities, agricultural cooperatives and residents. This called for [...]

Page 1 of 12123Next ›Last »