Home » Entries posted by admin

Kayonza: Imwe mu mihigo ntizeswa ijana ku ijana kubera izuba ryacanye cyane rikangiza imyaka y’abaturage

\ \ \ \ \ \ \

Kayonza: Imwe mu mihigo ntizeswa ijana ku ijana kubera izuba ryacanye cyane rikangiza imyaka y’abaturage

Umuyobozi w’akarere ka Kayonza Mugabo John avuga ko hari imwe mu mihigo akarere kari karahize kuzesa mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2012/2013 bitagishobotse kuyesa ku gipimo cy’ijana ku ijana. Ibi ngo biraterwa n’izuba ryinshi ryacanye rikangiza imyaka y’abaturage bo muri ako karere mu gihembwe cya mbere cy’ihinga. By’umwihariko imihigo yagombaga gushyirwa mu bikorwa ku bufatanye [...]

\ \ \ \ \ \ \ \

GAHUNDA Y’ITERAMBERE Y’IMYAKA 5 Y’AKARERE KA NYAGATARE ISHINGIYE KU BUHINZI N’UBWOROZI

Nyagatare: Gahunda yo kuhira imyaka niyo izakemura burundu ikibazo cy’igabanuka ry’umusaruro igihe izuba ryabaye ryinshi.  Ibi ni ibyatangajwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare kuri uyu wa 17 Kamena,2013 hari mu nama njyanama idasanzwe yatumiwe hagamijwe kwemeza gahunda y’iterambere ry’aka karere y’imyaka 5 no gusuzuma no kunononsora imihigo ya 2013- 2014. Iterambere ry’akarere ka Nyagatare rishingiye ku [...]

Isazi y’umweru ikwirakwiza virusi zangiza ibihingwa vuba

Isazi y’umweru ikwirakwiza virusi zangiza ibihingwa vuba

Isazi “Whitefly” yitwa Bemisia tabaci, irangwa n’amababa y’umweru,umutwe n’igihimba bikaba umuhondo. Iyi sazi ibamo amoko menshi nka Trialeurode vaporariorum,Aleyrodes proletella,n’izindi. Isazi y’ingore itera amagi,afite ibara ry’umweru agera ku 160. Nyuma y’iminsi itanu kugera ku minsi icyenda,havamo inyo. Izi sazi zibyara vuba cyane mu gihe cy’imvura. Zitinya umuyaga ushyushye.   Uko isazi z’umweru zangiza Izi sazi [...]

GISAGARA: Abahinzi borozi barasabwa kugira uruhare mu iterambere ryabo

GISAGARA: Abahinzi borozi barasabwa kugira uruhare mu iterambere ryabo

Abanyarwanda barasabwa kugira igenamigambi ribaturutsemo, kandi n’ibikorwa biteganywa muri iryo genamigambi bakabigiramo uruhare, aho gukomeza kwitwa abagenerwabikorwa. Umuryango mpuzamahanga Action Aid ukaba waratangiye gukorana n’amakoperative y’abahinzi-borozi harimo n’ayo mu karere ka Gisagara, ubahugura mu uburyo bwo gukora igenamigambi rishingiye ku kuzamura no gukorera ubuvugizi urwego rw’ubuhinzi bworozi. Iri genamigambi risabwa abaturage kugiramo uruhare  mu murenge [...]

Vegetable and fruit growers warned about Anthracnose

Vegetable and fruit growers warned about Anthracnose

Farmers have been cautioned over “Anthracnose” plant disease that attacks different vegetables and fruits such as tomatoes, egg plants and guavas when not taken good care of. Anthracnose is caused by a certain fungi called ‘colletotrichum melongenae’ and it increases in hot seasons between 21 and 20 degrees especially on egg plants. The symptoms are [...]

Kayonza: Farmers eye high sorghum yields

Kayonza: Farmers eye high sorghum yields

Sorghum growers in Kayonza district have revealed that they expect high yields of sorghum in this growing season. Daphrose Mukamabano, a farmer from Murama sector said that depending on how sorghum fields look healthy, they doubt low yields after harvesting. Mukamabano explains that after harvesting, residents say bye to poverty since most of them grow [...]

Indwara ya Milidiyu y’inyanya ituma umusaruro utaboneka kuko inyanya zipfa zibora

\ \ \ \ \ \ \

Indwara ya Milidiyu y’inyanya ituma umusaruro utaboneka kuko inyanya zipfa zibora

Indwara ya Milidiyu”Late Blight” ni indwara mbi cyane kandi ikunze kuboneka ku nyanya. Iyi ndwara  iterwa n’agahumyo kitwa “Phytophtora infestans”ikaba ariyo ndwara iri ku mwanya wa mbere mu zangiza igihingwa k’inyanya nk’uko tubikesha igitabo  kitwa “Ibyonnyi n’indwara by’imboga n’imbuto”cy’ikigo cy’igihugu gishinzwe ibikomoka ku buhinzi bijyanwa mu mahanga NAEB. Aka gahumyo kakaba kihisha mu bindi bihingwa [...]

\ \ \ \ \ \

Gakenke: Nta ndwara ya Cyumya yari yahagaragara ariko hagomba gufatwa ingamba

Umukozi ushinzwe ubuhinzi mu Karere ka Gakenke, Hagenimana Denys avuga ko amakuru bafite ari uko indwara ya Cyumya ifata ibigori itaragaragara mu karere ka gakenke ariko bakaba bagomba gufata ingamba zo kuyikumira. Indwara ya Cyumya yibasira ibigori amababi yabyo agahinduka umuhondo, kandi ibigori byafashwe byanduza ibindi. Hagenimana  akomeza avuga ko nk’uko indwara ya Cyumya iterwa [...]

Muhinzi w’imboga n’imbuto menya Antarakinoze (Anthracnose) imwe mu ndwara zishobora kukubuza umusaruro

\ \ \ \ \ \

Muhinzi w’imboga n’imbuto menya Antarakinoze (Anthracnose) imwe mu ndwara zishobora kukubuza umusaruro

Indwara ya Antarakinoze “Anthracnose” iterwa n’agahumyo kitwa “colletotrichum melongenae” gakunda gufata  bumwe mu bwoko bw’imbuto cyangwa  imboga bifashwe nabi. Urugero nko ku ntoryi, iyi ndwara yiyongera cyane mu gihe cy’ubuhehere bukabije n’ubushyuhe buri hagati ya dogere 21 na 30. Ku bijyanye n’ibimenyetso byayo,ku mababi haboneka ibibara bijya gusa n’ikigina kijimye ariko kandi munsi y’amababi usanga [...]

RUSIZI: Tea growers achieving big goals

\ \ \ \ \ \ \ \

RUSIZI: Tea growers achieving big goals

Farmers dealing with Tea growing in Cooperative COOPTHE SHAGASHA that operates in Giheke sector in Rusizi District say they have realised their dreams and attained development due to tea production. The 832 members of COOPTHE SHAGASHA Cooperative have 4 vehicles including 3 DAIHATSU and a lorry for their work, 3 motorcycles and 3 houses for [...]

Page 1 of 137123Next ›Last »