Home » Archives by category » Community

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \

GISAGARA: Barasaba gushumbushwa vuba

Abaturage bo mu kagari ka Cyamukuza mu murenge wa Ndora, borojwe ku nkunga y’akarere ka Gisagara mu rwego rwa gahunda ya Girinka, baratangaza ko bababajwe n’uko  Inka hafi ya zose bahawe zahise zipfa. Munezero Clarisse, umukozi ushinzwe ubunzi n’ubworozi mu karere ka Gisagara, ahumuriza aba baturage avuga ko bazashumbushwa mu mwaka w’ingengo y’imari utaha. Icyo [...]

Ngororero: Umuco wo guhana imibyizi ubafasha mukuzamura ubuhinzi

\

Ngororero: Umuco wo guhana imibyizi ubafasha mukuzamura ubuhinzi

Mu rwego rwo kongera ubuso buhingwa no kwigishanya guhinga kijyamnbere, abaturage bo mu karere ka Ngororero bavuga ko umuco wabo wo guhana imibyizi bagurizanya ubafasha mukungurana ubumenyi mubuhinzi no guhinga kubutaka bugari kandi mugihe gito. Nkuko  bamwe mubaturage babitangaza, ngo ubu gukora ubuhinzi bita ubwa “Nyamwigendaho” aho buri muntu ahinga mukwe ari wenyine bigenda bicika [...]

Bugesera: from absolute poverty to the most stable and developed District

\ \ \ \ \ \ \

Bugesera: from absolute poverty to the most stable and developed District

Bugesera wetlands are good at rice production and are being well utilized   In the few past years, Bugesera District was one of the Districts in the country in absolute poverty with hunger and droughts affecting residents, turning some into beggars and others migrating on a daily basis. This prompted the government to put emphasis on [...]

Nyaruguru district rewards outstanding farmers

Nyaruguru district rewards outstanding farmers

Agriculture officials in Nyaruguru district, Southern Rwanda, have rewarded exemplary farmers in an effort to streamline the widespread subsistence agriculture in the district. In total, six farmers – three females and three males – per each of Nyaruguru district’s 14 sectors have pocketed Rwf 60,000 (about $95), Rwf 50,000 (about $80) and Rwf 40,000 (about [...]

Burera: Guhinga igitondo n’ikigoroba ngo ni umuco wabo  – abaturage

\ \ \ \ \ \ \

Burera: Guhinga igitondo n’ikigoroba ngo ni umuco wabo – abaturage

Abaturage bo mu karere ka Burera ni bamwe mu banyarwanda bitabira umurimo bashishikaye kuburyo nko mu bijyanye no guhinga, bahinga kuva mu gitondo kugeza nimugoroba, ibintu bikorwa hake mu Rwanda. Akerere ka Burera kagizwe ahanini n’icyaro kuko nta mujyi uharangwa. Abanyaburera benshi batunzwe n’ubuhinzi. Ibyo bituma babwitabira nta kwiganda, dore ko n’ubutaka bwaho bwera cyane. [...]

Guverineri Bosenibamwe arasaba abanyaburera gukoresha imvaruganda icyo yagenewe

\

Guverineri Bosenibamwe arasaba abanyaburera gukoresha imvaruganda icyo yagenewe

Guverineri w’intara y’amajyaruguru arasaba abaturage bo mu karere ka Burera gukoresha ifumbire mvaruganda baba bahawe na Leta y’u Rwanda mu buhinzi bwabo bagacika ku ngeso yo kujya kuyigurisha magendu muri Uganda. Guverineri Bosenibamwe Aimé abwira ibi abahinzi bo mu karere ka Burera, mu gihe muri ako karere hakunze gufatirwa imodoka zikoreye ifumbire igiye kugurishwa magendu [...]

\ \ \ \ \

Imiterere y’ubutaka ituma abahinzi ba Nyamagabe na Nyaruguru bashora menshi.

Kuba ubutaka bw’uturere twa Nyamagabe na Nyaruguru ahanini busharira ngo bituma abahinzi basabwa inyongeramusaruro nyinshi ugereranyije n’ahandi mu gihugu. Aba bahinzi bavuga ko uretse ifumbire y’imborera n’imvaruganda badashobora kubona umusaruro mwiza batongeyemo n’ishwagara. Ibi rero ngo bituma igishoro mu buhinzi kijya hejuru muri aka gace k’intara y’amajyepfo ku buryo bigira n’ingaruka ku giciro gishobora gutandukana [...]

Rulindo:  abahinzi barasabwa kutagurisha imyaka yabo ku Ngemeri.

\ \ \ \

Rulindo: abahinzi barasabwa kutagurisha imyaka yabo ku Ngemeri.

Nk’uko byagiye bigaragara hirya no hino mu bahinzi bo mu karere ka Rulindo,ngo hari bamwe mu bahinzi bagiye bagurisha imyaka yabo n’abacuruzi bakoresheje igikoresho bakunze gupimisha imyaka kitwa ingemeri. Nyuma y’isuzumwa ryakozwe n’abashinzwe ubuhinzi kandi bavuze ko ingemeri ari nini ugereranije n’uko ikiro kiba kingana ukoresheje umunzani usanzwe wujuje ubuziranenge. Bavuga ko mu gihe ingemeri [...]

Rulindo:  abahinzi barasabwa kutagurisha imyaka yabo ku Ngemeri.

\ \ \ \ \

Rulindo: abahinzi barasabwa kutagurisha imyaka yabo ku Ngemeri.

Nk’uko byagiye bigaragara hirya no hino mu bahinzi bo mu karere ka Rulindo,ngo hari bamwe mu bahinzi bagiye bagurisha imyaka yabo n’abacuruzi bakoresheje igikoresho bakunze gupimisha imyaka kitwa ingemeri. Nyuma y’isuzumwa ryakozwe n’abashinzwe ubuhinzi kandi bavuze ko ingemeri ari nini ugereranije n’uko ikiro kiba kingana ukoresheje umunzani usanzwe wujuje ubuziranenge. Bavuga ko mu gihe ingemeri [...]

Nyagatare: I work to change people’s welfare-Sam Rubagumya

Nyagatare: I work to change people’s welfare-Sam Rubagumya

It is exactly 9.30am Rwanda time on a cloudy Monday morning in Matimba sector, Nyagatare District. Though it threatens to be a long rainy day, people around this small but busy town seem to be on a high schedule of the day…some are opening their retail boutiques while others head to different destinations as they [...]

Page 1 of 14123Next ›Last »