Home » Archives by category » Multimedia

Muhanga: farmers urged to adopt green house farming

\ \ \ \ \ \ \

Muhanga: farmers urged to adopt green house farming

Jean Claude Ruzibiza a farmer in Rulindo district calls upon his fellow farmers to try using green house as a new method of farming that is suitable for more produce. The exemplary farmer in the district said this during his presentation with his testimony to fellow farmers. The presentation was prepared by the Ministry of [...]

Muhaga: Umuhinzi mworozi arashishikariza abahinzi gukoresha greenhouse

\ \ \ \ \ \

Muhaga: Umuhinzi mworozi arashishikariza abahinzi gukoresha greenhouse

Umuhinzi mworozi wo mu karere ka Rulindo ho mu ntara y’Amajyaruguru Ruzibiza Jean Claude arashishikariza bagenzi be bo mu karere ka Muhanga gukoresha uburyo bw’ikoranabuhanga bwa “green house”mu buhinzi bwabo mu rwego rwo kongera umusaruro wabo. Ibi uyu muhinzi ntangarugero yabitangaje ubwo yahaga ikiganiro abahinzi bo muri aka karere ndetse abaha n’ubuhamya bw’ibyo amaze kugeraho. [...]

Abahinzi b’ikawa mu Rwanda bazajya babwirwa uko bayikorera binyuze kuri telefoni

\ \ \ \ \ \ \ \

Abahinzi b’ikawa mu Rwanda bazajya babwirwa uko bayikorera binyuze kuri telefoni

  Bamwe mu bafatanyabikotwa ba Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda bamaze kuzana uburyo buzajya bufasha abahinzi b’ikawa mu kumenya icyo bakwiye gukorera ikawa yabo mu rwego rwo kongera umusaruro n’ubwiza bwayo. Iri koranabuhanga akaba ari irikoreshwa ku buryo bushobora korohera buri wese kandi rikaba ryahendukira benshi mu bagenerwabikorwa baryo nk’uko bitangazwa na Clement Uwajeneza umwe [...]

Rulindo: Cooperative VUGURURA ikorera mu murenge wa Murambi yatashye uruganda rwayo rw’ibihumyo.

\ \ \ \ \ \

Rulindo: Cooperative VUGURURA ikorera mu murenge wa Murambi yatashye uruganda rwayo rw’ibihumyo.

Kuri uyu wa kane tariki ya 18/4/2013,ni bwo hatashywe uruganda rushya rw’ibihumyo rwubatse mu kagari ka Mugambazi,umurenge wa Murambi mu karere ka Rulindo. Uru ruganda rwubatswe ku bufatanye bw’umushinga VI-LIFE, ufasha abahinzi n’aborozi kuzamura imibereho yabo,hamwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Rulindo. Uru ruganda ngo rukazajya rukora imigina yo guteraho ibihumyo,nk’uko bisobanurwa n’umuyobozi ukuriye COOPERATIVE VUGURURA, Nzanywayimana [...]

Kamonyi: Farmers decry poor fertilizers

Soya growers in Mpombori and Kigina swamps in Nyarubaka sector of Kamonyi district have requested for extra time to pay back manure that was given to increase soya productivity. This comes as a result of manure given to the farmers that reduced on soya yields instead of increasing it yet the money to pay back [...]

\ \ \ \ \ \ \ \

Kamonyi: Bahangayikishijwe no kwishyura ifumbire kuko Soya bayihingishije yarumbye

Mu gihe basabwa kwishyura ifumbire bagurijwe, abahinze Soya mu bishanga bya Mpombori na Kigina, bavuga ko yarumbye bakaba basaba kongererwa igihe cyo kwishyura. Ubuyobozi bw’umurenge bwo, burabagira inama yo kuguza muri SACCO ngo babone ubwishyu. Abahinzi bo mu gishanga cya Mpombori na Kigina byo mu murenge wa Nyarubaka, barumbije Soya bari bahinze ku buso bungana [...]

Huye: Acana amashanyarazi ava ku mirasire y’izuba abikesha urutoki

\ \ \ \ \ \ \ \

Huye: Acana amashanyarazi ava ku mirasire y’izuba abikesha urutoki

Sekimonyo Simoni utuye ahitwa mu Rwambariro ho mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye, ni we ucana amashanyarazi ava ku mirasire y’izuba abikesha ubuhinzi bw’urutoki, ubu yiyemeje gukora nk’umwuga. Aho Sekimonyo atuye mu Rwambariro, nta mashanyarazi arahagera nyamara we, iwe nijoro haba habona. Uyu muriro umubashisha no kureba televiziyo mu gihe cy’amasaha ane ya nijoro [...]

Bugesera: Mayange sector building modern storage facility

\ \ \ \ \ \ \

Bugesera: Mayange sector building modern storage facility

Storage facility with dryers   Modern crop storage is under construction in Mayange sector in Bugesera District in program to give more value to crop production. Farmers in this district have had a consistent problem of lack of enough storage where in rain season after the harvest of maize production, a lot of produce would [...]

Bugesera: Harimo kubakwa ubwanikiro bw’imyaka bwa kijyambere

\ \ \ \ \ \ \ \

Bugesera: Harimo kubakwa ubwanikiro bw’imyaka bwa kijyambere

Mu karere ka Bugesera mu murenge wa Mayange harimo kubakwa imbuga y’ubwanikiro bw’imyaka bwa kijyambere mu rwego rwo kongerera agaciro umusaruro. Ubusanzwe  igihe cyo gusarura ibigori ari mu mvura, wasangaga ibigori biborera mu mirima, cyangwa se abahinzi bakabisarura  bitaruma neza, aho wasangaga abahinzi basarurira mu ngo zabo bigatuma ubwiza bw’umusaruro bwangirika nk’uko Nkinzingabo Jean de [...]

Rwanda : Igishanga cya Rurambi kizazamura ubukungu bw’abaturage

\ \ \ \

Rwanda : Igishanga cya Rurambi kizazamura ubukungu bw’abaturage

Rwigema n’umuyobozi w’akarere ka Bugesera basobanura akamaro ko gutunganya igishanga cya Rurambi Itunganywa rya hegitari 1000 z’igishanga cya Rurambi rizongera ubukungu bw’abahinzi, hahashywe inzara kuko hateganyijwe kuzamura umusaruro kugeza kuri toni 7000 mu gihe ubusanzwe bezaga toni 2500 kandi hakanongerwa ubuso buhinzeho umuceri. Bwana Rwagaju Louis, Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera yatangaje ko asanga uyu mushinga [...]

Page 1 of 3123