Home » Posts tagged with » Iki
akarere \ gishanga \ icyo \ Iki \ Kugirango \ muri \ ngo \ Rwanda \ Rwanda (MINAGRI) \ Rwanda exploitation \ Rwanda marshland \ Rwanda Matyazo \ Rwanda RAB \ Rwanda Rusizi \ ubutaka \ umusaruro \ uwo
Rwanda : Rusizi- Ubutaka bwaho bugiye kubonerwa umuti
Umurenge wa Bweyeye ni umwe mu mirenge igize akarere ka Rusizi, ifite ubutaka butera, bityo abaturage baho bakaba bahura n’ikibazo cy’inzara. Ni muri urwo rwego igishanga cyitwa Matyazo gifite ikigereranyo cy’ubuso bungana na hegitari 60, kitabyazwa umusaruro nk’uko bigomba ngo kigiye kubyazwa umusaruro. Kuba iki gishanga kitera ngo ntibituruka ku bahinzi baho, kuko abakora uwo [...]
cyane \ gihingwa \ Iki \ karere \ kawa \ muhanga \ muri \ ndetse \ niba \ Rwanda \ Rwanda agriculture \ Rwanda award \ Rwanda coffee \ Rwanda crop \ Rwanda Farmers \ rwego
Rwanda : Muhanga: Abahinzi bahiga abandi mu guhinga neza ikawa bahembwe
Abahinzi ba kawa mu karere ka Muhanga bahize abandi mu kuyihinga neza ku ya 1 Kamena 2012, bahawe ibihembo by’ishimwe mu rwego rwo kubakundisha iki gihingwa ndetse no gutera abandi kwitabira kugihinga. Ubuyobozi bw’aka karere bukaba butangaza ko iki gikorwa kizafasha kongera umusaruro w’ikawa cyane ko ngo ukenewe ku rwego mpuzamahanga ndetse no kumuturage kugirango [...]
Abanyarwanda \ Abashinwa \ Ganoderma \ gihumyo \ Ibihumyo \ Iki \ kigo \ ndetse \ ngo \ Rwanda \ Rwanda agriculture \ Rwanda Ganoderma \ Rwanda medicine \ Rwanda Mushroom \ ubuhinzi
Rwanda | Ganoderma, igihumyo kivura indwara zitandukanye
Iki gihumyo cyitwa ganoderma ni kimwe mu bihumyo biboneka mu kigo gihugura Abanyarwanda mu bijyanye n’ubuhinzi bw’ibihumyo kibarizwa i Rubona, mu ishami ry’ Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi (RAB). Aha i Rubona, ni mu Karere ka Huye, Intara y’amajyepfo. Iki kigo gitanga amahugurwa mu bijyanye n’ubuhinzi bw’ibihumyo cyashinzwe n’Abashinwa bagamije gufasha Abanyarwanda kumenya [...]
cya \ gihingwa \ guhingwa \ igihingwa \ Iki \ muri \ Nyirimanzi \ Paculi \ Rwanda agriculture \ Rwanda crop \ Rwanda new \ Rwanda Paculi \ uko \ yabidutangarije
Rwanda : Ubuhinzi bwa Paculi bugenda butera imbere mu Karere
Igihingwa cya Paculi kiritabirwa guhingwa Igihingwa cya Paculi ni kimwe mu bihingwa bishya mu Rwanda. Icyakora nubwo ari gishya abahinzi bo mu Karere ka Nyabihu ni bamwe mu bashishikariye kugihinga nk’uko ushinzwe ubuhinzi muri ako karere Nyirimanzi Jean Pierre yabidutangarije kuri uyu wa 11/05/2012. Iki gihingwa cya Paculi gihingwa cyane mu mirenge ya Shyira na [...]
gihembwe \ Guverineri \ ibigori \ Iki \ Intara \ muri \ Ntara \ Rwanda \ Rwanda Development \ Rwanda Maize \ Rwanda Odette Uwamaliya \ Rwanda RGCC \ Rwanda southern province \ Uburasirazuba \ umusaruro \ Uwamariya
Rwanda : Umusaruro w ibigori mu ntara y uburasirazuba uzikuba inshuro eshatu usanzwe wera mu gihugu
Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba, Uwamariya Odette, mu rugendo yagiriye mu Karere ka Nyagatare aherekeje Guverineri wa Banki Y’Igihugu, kuri uyu wa 22 Gashyantare 2012, yatangaje ko umusaruro w’ibigori intara ayoboye izeza muri iki gihembwe cy’ihinga kirimo kurangira uzaba wikubye inshuro zirenga eshatu umusaruro w’ibigori usanzwe wera mu gihugu cyose. Geverineri Uwamariya Odette avuga ko umusaruro [...]
agriculture \ ahubwo \ ariko \ bimeze \ gishanga \ Goronome \ guhinga \ hari \ ibigori \ Iki \ Rwanda \ uko \ Weather
Mu gishanga cya Kazabagarura nta bigori bazasarura
Iki gishanga giherereye mu Murenge wa Rusatira kiri hagati y’akagari ka Kimirehe n’aka Buhimba. Gihinzemo ibigori ariko uko bisa bigaragara ko nta musaruro bizatanga. Goronome w’umurenge iki gishanga giherereyemo, Bwana Nsabyamahoro Octave, arasobanura ibijyanye n’imihingire ya kiriya gishanga. Ubundi, iki gishanga cyahoze gihinzemo umuceri, ariko kubera ko kibamo amazi make byatumye abaturage basabwa guhindura ibigihingwamo. [...]



