Home » Posts tagged with » Kugirango
akarere \ gishanga \ icyo \ Iki \ Kugirango \ muri \ ngo \ Rwanda \ Rwanda (MINAGRI) \ Rwanda exploitation \ Rwanda marshland \ Rwanda Matyazo \ Rwanda RAB \ Rwanda Rusizi \ ubutaka \ umusaruro \ uwo
Rwanda : Rusizi- Ubutaka bwaho bugiye kubonerwa umuti
Umurenge wa Bweyeye ni umwe mu mirenge igize akarere ka Rusizi, ifite ubutaka butera, bityo abaturage baho bakaba bahura n’ikibazo cy’inzara. Ni muri urwo rwego igishanga cyitwa Matyazo gifite ikigereranyo cy’ubuso bungana na hegitari 60, kitabyazwa umusaruro nk’uko bigomba ngo kigiye kubyazwa umusaruro. Kuba iki gishanga kitera ngo ntibituruka ku bahinzi baho, kuko abakora uwo [...]
amarebe \ COVAGA \ cyatsi \ gihe \ gishobora \ icyo \ ifumbire \ Kugirango \ mazi \ nbsp \ Rwanda \ Rwanda agriculture \ Rwanda Bugesera \ Rwanda crops \ Rwanda Developments
Rwanda | Gashora : Biyemeje kubyaza ifumbire icyatsi cy amarebe
Koperative COVAGA (Cooperative de Vannerie de Gashora) ikorera mu murenge wa Gashora mu karere ka Bugesera yiyemeje kubyaza icyatsi cy’amarebe ifumbire yo gufumbira imirima yabo, aho kugirango icyo cyatsi gikomeze kuba ikibazo ahubwo bakigize igisubizo. Umuyobozi wa koperative COVAGA Gahongayire Dancille, avuga ko icyo cyatsi mu gihe kiboze nta mbuto zigisigayemo, gishobora kuvamo ifumbire nziza [...]
\ aka \ avuga \ bahinzi \ ikawa \ karere \ kawa \ Kugirango \ muhanga \ muri \ Rwanda \ Rwanda agriculture \ Rwanda coffee \ Rwanda crop \ yabo
Rwanda : Muhanga: Ubushake buke bwa bamwe mu bahinzi butuma hataboneka ikawa ikenewe
Akarere ka Muhanga ni kamwe mu turere duhinga ikawa mu Rwanda, nyamara iyi kawa ugasanga ntikorerwa nk’uko byagakwiye ngo itange umusaruro ukwiye, kubera ahanini imwe mu myumvire y’abahinzi bayo ikiri hasi. Ushinzwe ubuhinzi muri aka karere avuga ko henshi muri aka karere bahura n’ikibazo cy’abahinzi ba kawa bataragira ubushake bwo gufata neza kawa yabo. Aha [...]
agriculture \ hejuru \ idebe \ ifumbire \ itaka \ Iyo \ kandi \ Kugirango \ mufuka \ program \ umufuka \ utubuye
Ubuhinzi ndumburabutaka: akarima ko mu mufuka
akarima ko mu mufuka kera neza kandi ntigasaba umwanya (ubuso) bunini bwo kugashyiraho. Kugirango ukore akarima ko mu mufuka, wakenera imifuka ibiri irimo ubusa, itaka ryo hejuru (rihingwa), ifumbire yimborero, umucanga muto, utubuye duto, idebe ritoboye hasi no hejuru namabuye ane aringaniye. Iyo umaze kwegeranya ibyo bikoresho byose, uvanga itaka n’ifumbire, ibitiyo bitatu byitakaby’itaka ushyiramo [...]



