Home » Posts tagged with » land consolidation
agriculture \ Gisagara \ land consolidation \ program
Land consolidation benefits Gisagara residents
Farmers tilling land by hand hoes As the programme of land consolidation, and farming continues in the district of Gisagara, many people have now started realizing the benefits of turning from growing many different crops on their land to the one crop selected since they are able to get higher productivity from the latter. [...]
cooperative Rwanda \ cya \ gahunda \ gishanga \ Guhuza \ igishanga \ iyi \ land consolidation \ nbsp \ Rugeramigozi \ Rwanda agriculture \ Rwanda marshland \ Rwanda program \ Rwanda rugeramigozi \ ubutaka \ umusaruro
Rwanda | Muhanga: Abahinzi barasaba ubufasha mu rwego rwo guhuza ubutaka
Abahinzi bitabiriye igikorwa cyo guhuza ubutaka buri mu nkengero z’igishanga cya Rugeramigozi mu kagari ka Mubuga ho mu murenge Shyogwe, barasaba ubuyobozi kubafasha kubona amahugurwa kandi bakabona inyongeramusaruro ku gihe kugira ngo bazabone umusaruro uhagije. Iyi gahunda yo guhuza ubutaka bukikije igishanga cya rugerageramigozi yatekerejwe nyuma y’uko abashinzwe ubuhinzi babonye ko iyi gahunda yagize [...]
agriculture \ land consolidation \ problems
Rukomo – Abaturage n’ubuyobozi ntibavuga rumwe muguhinga ibihingwa byatoranyjwe
Nyuma y’inama zagiye ziba zitandukanye zimenyesha abaturage kuzahinga igihingwa kimwe kuri site zatoranyijwe ubu abaturage n’ubuyobozi bo mu murenge wa Rukomo mu Karere ka Gicumbi ntibumvikana n’ubuyobozi bw’umurenge muguhinga ibihingwa byatoranyijwe. Mu nama yahuje abaturage kuri uyu wa 30 Mutarama 2012 mu murenge wa Rukomo n’inzego z’ubuyobozi zitandukanye zikorera mu Karere ka Gicumbi bagarutse ku [...]
corn vs potatos \ land consolidation \ mono culture \ Nyamagabe
Nyamagabe: biyemeje guhindura imyumvire ku bihingwa by ibigori n ibijumba
Umuyobozi w’akarere yakira ibitekerezo by’abaturage mu murenge wa Kibumbwe Abaturage bitabiriye guhinga ibigori baravuga ko umusaruro ubikomokaho udashobora kugereranywa n’ibijumba kuko n’ikimenyimenyi nta na hamwe PAM yari yajya kugoboka abugarijwe n’inzara yitwaje ibijumba. Ikibazo cy’ibigori n’ibijumba cyahawe umwanya munini mu kwezi kwahariwe imiyoborere myiza mu karere ka Nyamagabe. Hashize iminsi humvikana amajwi y’abaturage bavuga [...]



