Home » Posts tagged with » muri
avuga \ cyangwa \ gushyiraho \ Ibi \ ibipimo \ kugira \ muri \ ngo \ Rwanda \ Rwanda agriculture \ Rwanda insurance \ Rwanda new \ Rwanda program \ Rwanda weather \ ubwishingizi \ ubworozi
Rwanda : Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi igiye gukorana n’ibigo by’ubwishingizi ku buhinzi n’ubworozi
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ifatanije n’ibigo by’ubwishingizi mu Rwanda ,irateganya gushyiraho ubwishingizi bw’ibihingwa n’amatungo mu rwego rwo kunganira umuhinzi n’umworozi kugira ngo hagabanuke ingaruka ziboneka muri ubu buhinzi n’ubworozi. Janvier Gasasira ni umuyobozi muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi avuga ko ibi babikoze mu rwego rwo gufasha abahinzi n’aborozi,akaba avuga ko nk’urugero niba koperative yatse inguzanyo nk’iya miliyoni [...]
imibyare \ indwara \ insina \ Iyo \ kandi \ Kirabiranya \ muri \ rutoki \ Rwanda agriculture \ Rwanda bananas \ Rwanda crop \ Rwanda illness Banana \ Rwanda protection \ umuhinzi \ Urutoki
Rwanda : Tumenye indwara ya Kirabiranya n’uko yarwanywa mu ntoki
Indwara ya kirabiranya iyo igeze mu rutoki irarwangiza bikomeye kandi ihombya umuhinzi. Urutoki rubanza ni urutoki rukorewe neza rutarimo kirabiranya, urukurikiraho ni urutoki rwafashwe na kirabiranya rugaragaza ibimenyetso biyiranga Indwara ya Kirabiranya iterwa na Bacterie bita “Banana xanthonomas campestris of.cubans”,irangwa n’uko amakoma y’insina araba cyane kandi ugasanga asa n’ayo basutseho amazi ashyushye hanyuma akagwa akuma [...]
Abahinzi \ amafaranga \ Amafumbire \ bahawe \ ifumbire \ kandi \ kwishyura \ muri \ Rwamagana \ Rwanda \ Rwanda Farmers \ Rwanda manure \ Rwanda payment \ Rwanda program \ Rwanda Rwamagana \ Ukizuru
Rwanda : Abahinzi bahawe ifumbire muri Rwamagana banze kwishyura miliyoni 300 z’amafaranga y’u Rwanda
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana buratangaza ko abahinzi batuye ako Karere banze kwishyura amafaranga y’ifumbire asaga miliyoni 300 bari bahawe mu gihe cy’ihinga mu mwaka ushize. Hakurikijwe gahunda ya Leta yo kuguriza abahinzi ifumbire mvaruganda bakazishyura basaruye, abahinzi bo muri Rwamagana bari bahawe ifumbire ifite agaciro ka miliyoni 470 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka ushize. Imibare [...]
bamaze \ Gusa \ ibigori \ igihingwa \ insina \ kimwe \ kuvugurura \ muri \ nbsp \ Rwanda agriculture \ Rwanda good \ Rwanda land consolidation \ Rwanda Ngoma \ Rwanda program \ Rwanda results \ umusaruro
Rwanda | Ngoma:Abaturage basimbuza insina ikigori kubera akamaro cyabagiriye
Abatuye akagali ka Sakara ho mu murenge wa Murama akarere ka Ngoma,baratangaza ko ntawuzongera kubabwiriza gusimbuza insina igihingwa cy’ ibigori kuko ngo bamaze kwibonera ko ibigori bitanga umusaruro mwinshi kurusha insina zabo zinashaje. Bimwe mubikorwa aba baturage bavuga ko bamaze kwigezaho harimo kuvugurura amazu yabo no kwiteza imbere bakenura ingo zabo andi mafaranga bakuramo bakayajyana [...]
abaturage \ akarere \ gufasha \ ihuriro \ muri \ nbsp \ Nyamasheke \ Rwanda agriculture \ Rwanda cooperative \ Rwanda Nyamasheke \ Rwanda Rice \ umuceri \ umusaruro \ Umuyobozi
Rwanda | Nyamasheke: Umusaruro w’umuceri ugomba kugira agaciro.
Bahizi Charles, n’Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imari, ubukungu n’iterambere Mu rwego rwo kurushaho guteza imbere igihingwa cy’umuceri, mu karere ka Nyamasheke hashyizweho ihuriro ry’amakoperative ahinga umuceri UCORINYA (Union des Coopératives Rizicoles de Nyamasheke). Kuri uyu wa 10 Kanama 2012, abagize iri huriro ryagiranye inama n’Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imari, [...]
Abahinzi \ Aho \ ariko \ caption \ cyane \ ibigori \ kuko \ muri \ Rwanda agriculture \ Rwanda harvest \ Rwanda maze \ Rwanda Ngororero \ ubutaka \ umusaruro
Rwanda | Ngororero: Babonye ubwanikiro Babura umusaruro
Mu rwego rwo gufasha abaturage bahurije hamwe ubutaka bakanahinga igihingwa kimwe kubona aho bakusanyiriza umusaruro wabo, mu karere ka Ngororero hubatswe ubwanikiro cyane cyane ubw’ibigori ariko abahinzi bo bavuga ko muri uyu mwaka bahuye n’igihombo gikomeye cyaturutse ku kuteza neza ibigori kandi barahinze. Nubwo igihe cy’isarura ry’ibigori cyenda kurangira, hari aho usanga ibigori bitaruma nko [...]
abaturage \ ibinyomoro \ imbuto \ karere \ muri \ NAEB \ ngo \ Nyabihu \ pipiniyeri \ Rwanda agriculture \ Rwanda Fruits \ Rwanda Nyabihu \ Rwanda program \ ubuhinzi
Rwanda | Nyabihu: Ubuhinzi bw’imbuto bugiye kuzarushaho gutezwa imbere hahingwa ibinyomoro
Umukozi wa NAEB mu karere ka Nyabihu arashishikariza abaturage kuzafata neza imbuto z’ibinyomoro bazahabwa Nk’uko twabitangarijwe n’ushinzwe ubuhinzi bw’imboga indabyo n’imbuto mu Karere ka Nyabihu Nshuti Thephile,ngo hagiye gukorwa ubuhinzi buteye imbere bw’imbuto z’ibinyomoro dore ko abahinzi bazahabwa imbuto nshyashya, zizewe kandi zizatanga umusaruro ushimishije bityo ubu buhinzi bukagirwa umwuga muri ako gace. Nk’uko Nshuti [...]
akarere \ gishanga \ icyo \ Iki \ Kugirango \ muri \ ngo \ Rwanda \ Rwanda (MINAGRI) \ Rwanda exploitation \ Rwanda marshland \ Rwanda Matyazo \ Rwanda RAB \ Rwanda Rusizi \ ubutaka \ umusaruro \ uwo
Rwanda : Rusizi- Ubutaka bwaho bugiye kubonerwa umuti
Umurenge wa Bweyeye ni umwe mu mirenge igize akarere ka Rusizi, ifite ubutaka butera, bityo abaturage baho bakaba bahura n’ikibazo cy’inzara. Ni muri urwo rwego igishanga cyitwa Matyazo gifite ikigereranyo cy’ubuso bungana na hegitari 60, kitabyazwa umusaruro nk’uko bigomba ngo kigiye kubyazwa umusaruro. Kuba iki gishanga kitera ngo ntibituruka ku bahinzi baho, kuko abakora uwo [...]
Abahinzi \ ari \ Ibirayi \ imbuto \ kuko \ muri \ ngo \ nziza \ Rwanda \ Rwanda agriculture \ Rwanda green house \ Rwanda Nyabihu \ Rwanda potatoes \ Rwanda project \ Rwanda RAB \ Rwanda RIU”research Into use” \ Telesphore \ Uyu
Rwanda | Nyabihu: Hatangijwe igikorwa cyo gutubura ibirayi muri green house
Mbonabake Telesphore nyir’umushinga yerekana uburyo akora ubutubuzi bw’imbuto y’ibirayi hakaba harimo vitoplan 6000 z’ibirayi Ikibazo cy’imbuto y’ibirayi ni kimwe mu bibazo bihangayikishije abahinzi b’ibirayi mu Rwanda bitewe n’uko imbuto nziza idahagije abahinzi bayikeneye. Ni muri urwo rwego mu gukemura icyo kibazo cyo kugira ngo haboneke imbuto y’ibirayi, inzira nziza ishoboka ngo ugutubura imbuto nziza y’ibirayi [...]



