Home » Posts tagged with » ngo
Abahinzi \ abona \ ari \ guhinga \ igihingwa \ ihinga \ kare \ kimwe \ kuko \ ngo \ Rwanda agriculture \ Rwanda consolidation \ Rwanda Land \ Rwanda preparation \ Rwanda Rusizi \ Rwanda season
Rwanda : KWITEGURA KARE IHINGA NGO NIBIMWE MUBITUMA UMUSARURO WIYONGERA
Abahinzi bo mukarere ka Rusizi basanga rimwe mu mabanga umuhinzi yagombye kuba agenderaho,ari ukwitegura kare ibihe by’ihinga kuko ngo ntawumenya icyo ikirere kiba gihatse. Umukecuru witwa MUKAMUGARURA Josepha, aragira ati iyo urimye amasinde kare agahora nyuma ugahingira igihe maze ugafumbira umurima wawe urera nta kabuza.Twari tumusanze mumudugudu wa Karushaririza mukagari ka Burunga ahinga mumurimawe ubona [...]
Abahinzi \ imbuto \ imyumbati \ indwara \ iyi \ kabore \ kugira \ ndwara \ ngo \ Rwanda agriculture \ Rwanda Bugesera \ Rwanda cassava \ Rwanda crop \ Rwanda harvest \ Rwanda protection \ rwego
Rwanda : Abahinzi barasabwa kurandura indwara ya Kabore yadutse mu myumbati
Abahinzi b’imyumbati bibumbiye mu makoperative y’abahinzi b’imyumbati barasabwa gukumira indwara yadutse mu myumbati yitwa Kabore kugira ngo idakomeza gukwirakwira. Gashaka Gervais umushakashatsi ku gihingwa cy’imyumbati mu kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, RAB avuga ko mu rwego rwo kwirinda iyi ndwara, abahinzi b’imyumbati bagomba kwitwararika ku mbuto batera. Ati “ n’ubwo iyi ndwara yatangiye kugaragara [...]
avuga \ cyangwa \ gushyiraho \ Ibi \ ibipimo \ kugira \ muri \ ngo \ Rwanda \ Rwanda agriculture \ Rwanda insurance \ Rwanda new \ Rwanda program \ Rwanda weather \ ubwishingizi \ ubworozi
Rwanda : Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi igiye gukorana n’ibigo by’ubwishingizi ku buhinzi n’ubworozi
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ifatanije n’ibigo by’ubwishingizi mu Rwanda ,irateganya gushyiraho ubwishingizi bw’ibihingwa n’amatungo mu rwego rwo kunganira umuhinzi n’umworozi kugira ngo hagabanuke ingaruka ziboneka muri ubu buhinzi n’ubworozi. Janvier Gasasira ni umuyobozi muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi avuga ko ibi babikoze mu rwego rwo gufasha abahinzi n’aborozi,akaba avuga ko nk’urugero niba koperative yatse inguzanyo nk’iya miliyoni [...]
abakozi \ amaterasi \ ariko \ mirimo \ neza \ ngo \ Rwamagana \ Rwanda people \ Rwanda Rwamagana \ Rwanda terraces \ Rwanda working \ ubutaka \ umusaruro \ umushinga
Rwanda | I Rwamagana: abakozi bahabwa akazi mu gutegura amaterasi y’indinganire baracyari bake
Abakozi b’Umushinga LWH (Land Husbandry water harvesting and hillside irrigation) ugamije gufata neza ubutaka, kubika amazi no kuvomerera imusozi hagamijwe kongera umusaruro baravuga ko babuze abakozi bakoresha mu mirimo yo gutegura ayo materasi kandi babahemba neza. Uwayezu Valens ukuriye uyu mushinga LWH mu turere twa Rwamagana, Karongi na Rutsiro aravuga ko mu iteganyagihe ry’umushinga [...]
Aho \ akarere \ caption \ kandi \ karere \ nbsp \ ngo \ RUBONEZA \ rwa \ Rwanda Gatsibo \ Rwanda harvest \ Rwanda Mount Meru Soyco Ltd \ Rwanda soya \ soya \ umusaruro
Rwanda | Gatsibo: Hateganyijwe Hegitari ibihumbi 2000 zo guhingwaho soya
Nyuma y’aho ubuyobozi bw’Intara y’Iburasirazuba bufatiye gahunda yo kongera igihingwa cya soya, Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo buratangaza ko bwashyize ingufu mu kongera umusaruro wayo mu rwego rwo kongera ubukungu bw’ako Karere, ndetse n’igihugu muri rusange. Mu kiganiro n’ Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo, Ruboneza Ambroise, yatangaje ko mu mihigo y’uyu mwaka, bafite gahunda y’uko hegitari zirenga [...]
Abahinzi \ amafaranga \ imyumbati \ kiro \ nbsp \ ngo \ ruganda \ Rwanda \ Rwanda cassava \ Rwanda factory \ Rwanda Kagame \ Rwanda Paul \ Rwanda people \ Rwanda president \ Rwanda Ruhango \ umuhinzi \ uru \ Uruganda
Rwanda | Ruhango: Abahinzi b’imyumbati barasaba ko igiciro cyayo cyakwiyongera
abahinzi b’imyumbati baravuga ko batishimiye amafaranga 40 ku kiro cy’imyumbati bahabwa n’uruganda, ku bwabo ngo bumva nibura bagombye guhabwa amafaranga 100 ku kiro kimwe cy’imyumbati. Amezi ane, arashize uru ruganda rutangiye imirimo yarwo yo gutunganya imyumbati ikavamo ifu nziza. Gusa abahinzi bo baravuga ko basanga igiciro bahabwa ku kiro cy’imyumbati ari gito, bageranyije n’amafaranga babonaga [...]
ari \ bahinzi \ bwoko \ byo \ Hybride \ ibigori \ imbuto \ Iyo \ ngo \ Rwanda agriculture \ Rwanda BURERA \ Rwanda Hybride \ Rwanda maze \ Rwanda new \ Rwanda seed \ uko
Rwanda | Burera: Abahinzi bishimira imbuto y’ibigori ya “Hybride” kuko itanga umusaruro mwinshi
Bamwe mu bahinzi bo mu karere ka Burera batangaza ko imbuto y’ibigori byo mu bwoko bwa “Hybride” bayikunda kuko igira umusaruro mwinshi kandi ikaba igira ibigori biryoha kuburyo hari n’abatangiye kujya babishigishamo ikigage. Ibigori byo mu bwoko bwa “Hybride” byerera amezi ari hagati y’atandatu n’arindwi. Mu gihe ibindi bigori byo mu bwoko bwitwa “Tamira” byerera [...]
Abahinzi \ imyumbati \ kugurisha \ kuko \ ngo \ ruganda \ Rwanda agriculture \ Rwanda business \ Rwanda cassava \ Rwanda factory \ Rwanda harvest \ Rwanda Ngororero \ Rwanda Price \ umusaruro \ Uruganda \ urwo \ wabo
Rwanda : Abahinzi b’imyumbati baturiye uruganda rwa Kinazi bagurisha umusaruro wabo n’abanyakigali
Nyuma y’igihe gito hatangijwe uruganda rutunganya imyumbati ruri mu karere ka Ruhango mu murenge wa Kinazi, abahinzi b’imyumbati ntibishimiye imikorere y’urwo ruganda cyane cyane ku giciro gito bagurirwaho umusaruro wabo ndetse ngo n’imyumbati yabo igatoranywa mo imyiza gusa indi ikabapfira ubusa. Abahinzi bamwe bakaba bahitamo kugurisha umusaruro wabo n’abantu bayigemura I Kigali n’ahandi kuko ngo [...]



