Home » Posts tagged with » Rwanda crop

Nyamagabe: Ubuhinzi bw’ibihumyo buri kwitabwaho

\ \ \ \ \ \

Nyamagabe: Ubuhinzi bw’ibihumyo buri kwitabwaho

Ku bufatanye n’umushinga World Vision, mu karere ka Nyamagabe huzuye uruganda rugenewe gutunganya imigina y’ibihumyo rwa Koperative y’abagore bagera ku 150 yitwa “twiheshe agaciro”. Mu rwego rwo kongera ubumenyi ku birebana n’ubuhinzi bw’ibihumyo, kuri uyu wa gatatu tariki ya 15/05/2013 abo bagore bibumbiye muri Koperative “Twiheshe agaciro” basuye ikigo kimurika ikoranabuhanga mu buhinzi giherereye mu [...]

Muhanga: abahinzi barinubira uburyo RAB itinda kubishyura iyo bayiranguje ibigori

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Muhanga: abahinzi barinubira uburyo RAB itinda kubishyura iyo bayiranguje ibigori

Bamwe mu bahinzi b’ibigori bo mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo barinubira uburyo ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB) kibishyura gitinze, mu gihe baba babahaye ibigori. Aba bahinzi batangaza ko muri koperative zabo bashyizweho itegeko ribabuza kugira ahandi bacuruza ibigori byabo kuko ngo bagomba kubigurirwa na RAB gusa. Kuri ubu bamwe bakaba bakomeje kugira [...]

Abahinzi b’ikawa mu Rwanda bazajya babwirwa uko bayikorera binyuze kuri telefoni

\ \ \ \ \ \ \ \

Abahinzi b’ikawa mu Rwanda bazajya babwirwa uko bayikorera binyuze kuri telefoni

  Bamwe mu bafatanyabikotwa ba Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda bamaze kuzana uburyo buzajya bufasha abahinzi b’ikawa mu kumenya icyo bakwiye gukorera ikawa yabo mu rwego rwo kongera umusaruro n’ubwiza bwayo. Iri koranabuhanga akaba ari irikoreshwa ku buryo bushobora korohera buri wese kandi rikaba ryahendukira benshi mu bagenerwabikorwa baryo nk’uko bitangazwa na Clement Uwajeneza umwe [...]

Rutsiro : Igiciro cya kawa uyu mwaka cyaragabanutse

\ \ \ \ \ \ \ \

Rutsiro : Igiciro cya kawa uyu mwaka cyaragabanutse

 Abahinzi ba kawa bo mu karere ka Rutsiro bavuga ko uyu mwaka igiciro cya kawa ari gito cyane bagereranyije n’umwaka ushize, bityo n’inyungu ikaba nke mu gihe nyamara baba bakoresheje ingufu nyinshi mu kuyihinga no kuyifumbira. Imirenge y’akarere ka Rutsiro iherereye ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu izwiho kweza igihingwa cya kawa ku buryo bw’umwihariko. Iyo [...]

Rutsiro: coffee growers in agony over low prices

\ \ \ \ \ \ \ \

Rutsiro: coffee growers in agony over low prices

The price of coffee has considerably dropped in this economic year compared to the last year and there is a little profit that cannot compare to the input in farming, says coffee growers of Rutsiro District. Many sectors of Rutsiro district neighbours Lake Kivu that is especially popular for productive coffee. The residents of sectors [...]

Bugesera: Nyuma yo guhabwa amahugurwa mu buhinzi barishimira uburyo umusaruro w’ umuceri wikubye kabiri

\ \ \ \ \ \ \ \

Bugesera: Nyuma yo guhabwa amahugurwa mu buhinzi barishimira uburyo umusaruro w’ umuceri wikubye kabiri

Tikanori Satoyama uhagarariye ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi bw’umuceri mu bihugu by’Afurika ku ruganda i Mayange Abahinzi b’umuceri bo mu karere ka Bugesera, baratangaza ko nyuma yo guhabwa amahugurwa mu buhinzi bugezweho bishimira uburyo umusaruro wikubye kabiri. Yonasi Siboyandemye  ni umwe mu bahinzi b’umuceri bahinga umuceri mu gishanga cya Nyakariba avuga ko kuba barahawe ubumenyi [...]

Bugesera: Sunflowers in Rwanda, conditions for their thriving

\ \ \ \

Bugesera: Sunflowers in Rwanda, conditions for their thriving

Sunflowers thrive during hot and dry climate and their roots can get water from the long distance even watering them twice to four times In a year is enough for them to grow very well. This was said by Jean de Dieu Nkinzingabo the agronomist of Bugesera district advising sunflower growers for the good and [...]

Igihwagari gikunda guhingwa mu bihe bishyushye

\ \ \ \

Igihwagari gikunda guhingwa mu bihe bishyushye

Igihwagari gikunda guhingwa mu bihe bishyushye kandi byumutse. Ntigikunda amazi menshi, kuko umuzi munini wacyo ufite ubushobozi bwo gukurura amazi kure bityo kucyuhira inshuro 2 cyangwa 4 mu mwaka bikaba bihagije. Ibi n’ibitangazwa n’ushinzwe ubuhinzi mu karere ka Bugesera Agronome Nkinzingabo Jean de Dieu, aho agira inama abahinzi b’ibihwagari kugirango babashe kubona umusaruro mwiza kandi [...]

Rulindo:  abahinzi biyemeje  kuzamura igihingwa cya  kawa.

\ \ \ \ \ \

Rulindo: abahinzi biyemeje kuzamura igihingwa cya kawa.

Ubuhinzi bwa kawa mu karere ka Rulindo ngo si ubwa none, kuko na mbere ya jenoside,ngo muri aka karere hahoze hahingwa ikawa cyane . Ni muri urwo rwego rero ubuyobozi bw’akarere ka Rulindo bugenda bwongera gushyira imbaraga mu buhinzi bwa kawa,kandi ngo n’abaturage bakaba  babyisangamo cyane . Aka karere kakaba kariyemeje guhuza amakoperative y’abahinzi  ba [...]

HUYE : UBUMENYI YAHAWE KU BUHINZI ABUSANGIZA N’ABANDI

\ \ \ \ \ \ \ \

HUYE : UBUMENYI YAHAWE KU BUHINZI ABUSANGIZA N’ABANDI

Umuhinzi mworozi Sekimonyo Simon utuye mu mudugudu wa Rwambariro, mu kagari ka Kabona, umurenge wa Kinazi mu karere ka Huye, aratangaza ko afite gahunda yo gukomeza kuvugurura ubuhinzi bw’urutoki bwe bukarushaho gutanga umusaruro ushimishije ndetse ubumenyi avana mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi RAB akaba yaratangiye kubugeza no kuri bagenzi be kugira ngo bubafashe kuvugurura [...]

Page 1 of 14123Next ›Last »