Home » Posts tagged with » Rwanda Gisagara

Gisagara: Gishubi sector in a move to prevent risks of natural disasters

\ \ \ \ \ \ \

Gisagara: Gishubi sector in a move to prevent risks of natural disasters

Creating trenches and big holes to hold up rain water on the houses as well as the roads are some of the strategies to prevent natural disasters especially now in the rainy season for residents of Gishubi sector in Gisagara district. Holding up rain water and clearing its way towards certain directions and protecting river [...]

GISAGARA: Biyemeje guhangana n’ibiza muri iki gihe cy’imvura

\ \ \ \ \ \ \

GISAGARA: Biyemeje guhangana n’ibiza muri iki gihe cy’imvura

Mu murenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara basanga kurwanya isuri bacukura imirwanyasuri n’ibyobo bifata amazi yaba ayo ku mazu no ku mihanda ari bumwe mu buryo bwabafasha kwirinda Ibiza biterwa n’imvura cyane cyane muri ibi bihe by’imvura nyinshi. Gufata amazi no kuyayobora aho agomba kunyura ni bumwe mu buryo bwo gukumira cyangwa kwirinda ingaruka [...]

HUYE : UBUMENYI YAHAWE KU BUHINZI ABUSANGIZA N’ABANDI

\ \ \ \ \ \ \ \

HUYE : UBUMENYI YAHAWE KU BUHINZI ABUSANGIZA N’ABANDI

Umuhinzi mworozi Sekimonyo Simon utuye mu mudugudu wa Rwambariro, mu kagari ka Kabona, umurenge wa Kinazi mu karere ka Huye, aratangaza ko afite gahunda yo gukomeza kuvugurura ubuhinzi bw’urutoki bwe bukarushaho gutanga umusaruro ushimishije ndetse ubumenyi avana mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi RAB akaba yaratangiye kubugeza no kuri bagenzi be kugira ngo bubafashe kuvugurura [...]

Rwanda | GISAGARA: BARASABWA KUBYAZA UMUSARURO UBUHINZI BAKORA

\ \ \ \

Rwanda | GISAGARA: BARASABWA KUBYAZA UMUSARURO UBUHINZI BAKORA

 Umurimo w’ubuhinzi n’ubworozi niwo utunze imbaga nini y’abatuye akarere ka Gisagara kuko ari akarere k’icyaro kandi kadakora ku muhanda wa kaburimbo n’umwe, bityo bikaba bituma nta bikorwa byinshi byahakorerwa. Kuba rero uyu murimo ariwo uhakorerwa cyane ngo ntibivuze ko abahatuye batatera imbere, ariyo mpamvu basabwa guha umurimo bakora agaciro. Abaturage b’akarere ka Gisagara batunzwe ahanini [...]

Rwanda | GISAGARA: BARACYASOBANURIRWA IBYIZA BYO GUHINGA  IGIHINGWA KIMWE CYATORANYIJWE

\ \ \ \

Rwanda | GISAGARA: BARACYASOBANURIRWA IBYIZA BYO GUHINGA IGIHINGWA KIMWE CYATORANYIJWE

Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara, gahunda yo guhuza ubutaka hagahingwa igihingwa kimwe cyemejwe, iracyakomeje kwigishwa mu baturage kugirango n’abatarayumva neza bayimenye hazajya hagira uwitwaza ko atabyumvise maze akaba yahura n’ikibazo cyo kubura umusaruro kandi iyi gahunda igamije kuwutubura. Gahunda yo guhuza ubutaka no guhinga igihingwa kimwe cyemejwe hakurikijwe uko ubutaka bwera, yashyizweho kugirango abaturage [...]

Rwanda | GISAGARA: HAGIYE KUBAKWA URUGANDA RUTUNGANYA UMUSARURO W’ IBIGORI

\ \ \ \

Rwanda | GISAGARA: HAGIYE KUBAKWA URUGANDA RUTUNGANYA UMUSARURO W’ IBIGORI

Abaturage bibumbiye muri Koperative JYAMBERE MUHINZI barishimira ko mu minsi ya vuba bazaba bubakiwe uruganda ruzabatunganyiriza umusaruro w’ ibigori, aho uwo musaruro uzaba wongerewe agaciro. Ibi bakaba babitangaje nyuma yo guhura na rwiyemeza mirimo wiyemeje kububakira urwo ruganda , rugiye kuzubakwa mu murenge wa Mamba ho mu karere ka Gisagara. Rwiyemeza mirimo uzubakira iyi koperative [...]

Rwanda | Gisagara: GUHUZA UBUTAKA BAHINGA KAWA BIZABAZAMURIRA UBUKUNGU

\ \ \ \ \

Rwanda | Gisagara: GUHUZA UBUTAKA BAHINGA KAWA BIZABAZAMURIRA UBUKUNGU

Abaturage bo mu murange wa Nyanza mu karere ka Gisagara, baratangaza ko basanga guhuza ubutaka bahinga kawa bizabafasha kongera ubukungu bwabo kuko ubu butaka ubusanzwe butahingwaga. Ku girango kandi iyi gahunda irusheho kumvikana, abaturage babanje kugishwa inama ndetse banagira uruhare mu guhitamo ubutaka buzahingwaho kawa. Ha zigera ku 140 ni zo zizahingwaho kawa muri uyu [...]

Rwanda | GISAGARA: KOPERATIVE CATM IRASABA GUSANIRWA MBERE YO KWEGURIRWA URUGANDA

\ \ \ \ \

Rwanda | GISAGARA: KOPERATIVE CATM IRASABA GUSANIRWA MBERE YO KWEGURIRWA URUGANDA

Koperative CATM (Cooperative d’Agriculture et de Transformation de Manioc) imaze imyaka 3 ikora ubuhinzi bw’imyumbati, ikanagira uruganda rutunganya ifu y’ubugari, iherereye mu murenge wa Mamba wo mu karere ka Gisagara, yasuwe n’abakozi ba Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda mu rwego rwo gutegura igikorwa cyo kuyegurira uru ruganda ubusanzwe rutabarirwaga mu mu mutungo wayo. Abanyamuryango b’iyi koperative bavuga [...]

RWANDA | GISAGARA: UMURYANGO IBAKWE R.I.C RWANDA UJE GUTEZA IMBERE IGIHINGWA CY’IMYUMBATI

\ \ \ \ \

RWANDA | GISAGARA: UMURYANGO IBAKWE R.I.C RWANDA UJE GUTEZA IMBERE IGIHINGWA CY’IMYUMBATI

Nk’uko umurimo uri imbere kandi unatunze umubare munini w’abatuye akarere ka Gisagara ari ubuhinzi, umuryango IBAKWE R.I.C RWANDA ugamije kwigisha abaturage guhinga kijyambere, watangiye gukorera muri aka karere ubigisha guhinga igihingwa cy’imyumbati, aho ubabashishikariza gukoresha imbuto z’indobanure kandi bagafumbira. Abanyarwanda bamenyereye ko imyumbati ari igihingwa kidafumbirwa kandi kikera, ariko kuwa bwana NDAHAYO Emmanuel, umukozi wa [...]

RWANDA | GISAGARA: YIYEMEJE KUBERA URUGERO RWIZA ABANDI MU BUHINZI N’UBWOROZI

\ \ \ \ \ \

RWANDA | GISAGARA: YIYEMEJE KUBERA URUGERO RWIZA ABANDI MU BUHINZI N’UBWOROZI

Nshamihigo Boniface umuhinzi-mworozi w’imyaka 54 wo mu murenge wa Mamba mukarere ka Gisagara, akomeje kwiteza imbere binyuze mubikorwa bitandukanye by’ubuhinzi, ndetse akanaba urugero rwiza mu bandi, byongeye  akanabafasha gukora ubuhinzi ku buryo bwa kijyambere.Ubuyobozi bw’umurenge wa Mamba bwemeza ko ibikorwa bya Nshamihigo bijyanye n’icyerekezo mu kongera umusaruro no kuwongerera agaciro, ndetse ngo abahinzi nibamufatiraho urugero [...]

Page 1 of 41234