Home » Posts tagged with » Rwanda Kayonza

Abacukura amaterase y’indinganire ntatange umusaruro baba bayacukuye nabi – Turikunkinko Pascal

\ \ \ \ \ \

Abacukura amaterase y’indinganire ntatange umusaruro baba bayacukuye nabi – Turikunkinko Pascal

Amaterase y’indinganire ahingwaho imyaka ntiyere ngo aba yakozwe nabi nk’uko byemezwa na Turikunkiko Pascal, umukozi w’ikigo gikurikirana umushinga wo gucukura amaterase y’indinganire mu murenge wa Kabare wo mu karere ka Kayonza. Hari abaturage bagiye barwanya umushinga w’amaterase y’indinganire bavuga ko imyaka yahinzwe ku materase itera neza. Bamwe bavuga ko iyo amaterase acukurwa, ubutaka bwo hejuru, [...]

Kabare: Abaturage baragenda basobanukirwa n’akamaro k’amaterase y’indinganire

\ \ \ \ \ \ \ \

Kabare: Abaturage baragenda basobanukirwa n’akamaro k’amaterase y’indinganire

Abaturage bo mu murenge wa Kabare mu karere ka Kayonza baragenda basobanukirwa n’akamaro k’amaterase y’indinganire nk’uko bivugwa n’abatuye mu mudugudu wa Kibuye. Amaterase ari gucukurwa muri bimwe mu bice bigize umurenge wa Kabare ku nkunga y’umushinga LWH. Ubwo umushinga wo gucukura amaterase mu murenge wa Kabare watangiraga, hari abaturage bawurwanyije banga ko amaterase acukurwa mu [...]

Kayonza: Abaturage barashishikarizwa guhinga ibihumyo kuko byabafasha kunoza indyo yuzuye

\ \ \ \ \ \

Kayonza: Abaturage barashishikarizwa guhinga ibihumyo kuko byabafasha kunoza indyo yuzuye

Ibihumyo bifite intungamubiri nyinshi ku buryo byafasha abaturage guhangana n’ingaruka z’imirire mibi, nk’uko bivugwa n’abagize ishyirahamwe rikora ubuhinzi bw’ibihumyo mu karere ka Kayonza, Kayonza AgroProgressive Activities (KAPAC). Abanyamuryango ba KAPAC bamurikiye abaturage uburyo ubuhinzi bw’ibihumyo bukorwa muri gahunda y’imurikabikorwa yabaye mu karere ka Kayonza tariki 06/03/2013, basaba abaturage gushishikarira kubukora kuko butagoye kandi bukaba butanga [...]

Kayonza: Mushroom growing could be a crucial nutrition alternative

\ \ \ \ \ \

Kayonza: Mushroom growing could be a crucial nutrition alternative

Mushrooms are very nutritious and they can be helpful to the people in the fight against poor eating habits and malnutrition among children, Kayonza Agro Progressive Activities (KAPAC) an association that deals in Mushroom growing has confirmed   Members of KAPAC were show casing their products and the process of mushroom farming during the exposition [...]

Kayonza: Indwara ya Kirabiranya imaze kugaragara mu mirenge icyenda

\ \ \ \ \

Kayonza: Indwara ya Kirabiranya imaze kugaragara mu mirenge icyenda

Imirenge icyenda kuri 12 igize akarere ka Kayonza imaze kugaragaramo indwara ya Kirabiranya yibasira insina. Mu murenge wa Mukarange ni ho iyo ndwara imaze kugera mu rutoki rwinshi nk’uko Ngabonziza Hussein ushinzwe ubuhinzi mu karere ka Kayonza abivuga. Iyo indwara ya Kirabiranya igaragaye mu rutoki insina zirwaye ni zo zirandurwa, ariko bigakorwa igihe urutoki rutarandura [...]

Rwanda | Kayonza: Izuba ryacanye cyane ridindiza imwe mu mihigo ya 2012/2013

\ \ \ \ \

Rwanda | Kayonza: Izuba ryacanye cyane ridindiza imwe mu mihigo ya 2012/2013

Umuyobozi w’akarere ka Kayonza Mugabo John avuga ko imwe mu mihigo y’ako karere ya 2012/2013 yadindiye kubera izuba ryibasiye imwe mu mirenge igize ako karere. Mu kiganiro twagiranye tariki 31/01/2013 yadutangarije ko imihigo y’ako karere imeze neza muri rusange, ariko yongeraho ko itari ku rugero akarere kateganyaga kubera icyo kibazo cy’izuba. Imihigo ijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi [...]

Rwanda I Kayonza: Abaguzi b’umuceri barasabwa gushishoza kuko hari abamamyi bafunga umuceri utujuje ubuziranenge mu mifuka ikoreshwa n’inganda zizwi

\ \

Rwanda I Kayonza: Abaguzi b’umuceri barasabwa gushishoza kuko hari abamamyi bafunga umuceri utujuje ubuziranenge mu mifuka ikoreshwa n’inganda zizwi

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda irasaba abaguzi b’umuceri kurangwa n’ubushishozi igihe bagura umuceri, kuko hari abamamyi bafunga umuceri utujuje ubuziranenge mu mifuka isanwe ikoreshwa n’inda zizwi kandi igashyirwa ku isoko. Tariki 29/01/2013 umwe mu bamamyi bafite imashini zitonora umuceri zaciwe witwa Zigama Obed yatahuweho imifuka ikoreshwa n’uruganda rwa Nyagatare Rice ruherereye Ryabega mu karere ka Nyagatare. Zigama [...]

Rwanda | Kayonza: Umusaruro uri ku gipimo cya 60% warangiritse mu mirenge yibasiwe n’izuba

\ \ \ \ \

Rwanda | Kayonza: Umusaruro uri ku gipimo cya 60% warangiritse mu mirenge yibasiwe n’izuba

Umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi ungana na 60% wangijwe n’izuba mu mirenge itandatu yibasiwe n’izuba mu karere ka Kayonza, nk’uko bivugwa n’ umukozi w’ako karere ushinzwe ubuhinzi, Ngabonziza Hussein. Imirenge yibasiwe n’izuba cyane ni Ndego, Kabare, Mwili, Murundi, Gahini, na Rwinkwavu. Abaturage bo muri iyo mirenge ngo bari bahinze ibishyimbo n’ibigori, bimwe ntibyamera, ibyameze na byo [...]

Rwanda | Ruramira: Abahinga umuceri mu gishanga cya Kanyeganyege babonye umusaruro ushimishije

\ \ \ \ \ \

Rwanda | Ruramira: Abahinga umuceri mu gishanga cya Kanyeganyege babonye umusaruro ushimishije

Abahinzi b’umuceri bo mu gishanga cya Kanyeganyege mu murenge wa Ruramira wo mu karere ka Kayonza bavuga ko babonye umusaruro ushimishije mu gihembwe cy’ihinga gishize. Ibyo ngo babikesha gukurikiza inyigisho bahawe n’abayobozi mu rwego rwo kurushaho kongera umusaruro w’umuceri. Kwiyongera k’umusaruro w’umuceri wera mu gishanga cya Kanyegenyege ngo byagize ingaruka nziza ku bantu benshi, uhereye [...]

Rwanda | Kayonza: Gutera imyaka ku mirongo ni bumwe mu buryo bwo kongera umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi

\ \ \ \

Rwanda | Kayonza: Gutera imyaka ku mirongo ni bumwe mu buryo bwo kongera umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi

Abahinzi bibumbiye muri koperative ihinga ibishyimbo ku nkengero z’ikiyaga cya Muhazi mu murenge wa Mukarange wo mu karere ka Kayonza, bavuga ko guhinga imyaka ku mirongo ari bumwe mu buryo bwo kongera umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi. Abagize iyo koperative basanzwe bahinga ibishyimbo kandi bakabihinga ku mirongo. Bavuga ko babona umusaruro mwinshi ugereranyije n’uwo babona babihinze [...]

Page 1 of 212