Home » Posts tagged with » Rwanda land consolidation

Kamonyi: Abanyamugina bishimiye ko mu guhuza ubutaka bazirikanye amasaka

\ \ \ \ \ \

Kamonyi: Abanyamugina bishimiye ko mu guhuza ubutaka bazirikanye amasaka

Mu gihembwe cy’Ihinga 2013 B, abatuye umurenge wa Mugina bahinze ibishyimbo, amasaka n’imyumbati. Abo baturage batangaza ko bishimiye ko bemerewe guhinga amasaka, kuko ahera kandi akabagirira akamaro. Mukanyandwi Laguida, atuye mu kagari ka Mugina, avuga ko igihingwa cy’amasaka gitanga umusaruro ushimishije kandi utaburirwa isoko. Ngo bishimiye ko ubuyobozi bwabemereye gukomeza kuyahinga, kuko bari bafite impungenge [...]

Rwanda | GISAGARA: BARACYASOBANURIRWA IBYIZA BYO GUHINGA  IGIHINGWA KIMWE CYATORANYIJWE

\ \ \ \

Rwanda | GISAGARA: BARACYASOBANURIRWA IBYIZA BYO GUHINGA IGIHINGWA KIMWE CYATORANYIJWE

Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara, gahunda yo guhuza ubutaka hagahingwa igihingwa kimwe cyemejwe, iracyakomeje kwigishwa mu baturage kugirango n’abatarayumva neza bayimenye hazajya hagira uwitwaza ko atabyumvise maze akaba yahura n’ikibazo cyo kubura umusaruro kandi iyi gahunda igamije kuwutubura. Gahunda yo guhuza ubutaka no guhinga igihingwa kimwe cyemejwe hakurikijwe uko ubutaka bwera, yashyizweho kugirango abaturage [...]

Rwanda | Gisagara: GUHUZA UBUTAKA BAHINGA KAWA BIZABAZAMURIRA UBUKUNGU

\ \ \ \ \

Rwanda | Gisagara: GUHUZA UBUTAKA BAHINGA KAWA BIZABAZAMURIRA UBUKUNGU

Abaturage bo mu murange wa Nyanza mu karere ka Gisagara, baratangaza ko basanga guhuza ubutaka bahinga kawa bizabafasha kongera ubukungu bwabo kuko ubu butaka ubusanzwe butahingwaga. Ku girango kandi iyi gahunda irusheho kumvikana, abaturage babanje kugishwa inama ndetse banagira uruhare mu guhitamo ubutaka buzahingwaho kawa. Ha zigera ku 140 ni zo zizahingwaho kawa muri uyu [...]

Rwanda | Nyabihu: Igihingwa cya Kawa kigiye kongererwa ubuso

\ \ \ \ \

Rwanda | Nyabihu: Igihingwa cya Kawa kigiye kongererwa ubuso

  Kawa ni igihingwa gihingwa mu mirenge ine y’akarere ka Nyabihu ariyo Rurembo,Shyira,Rugera na Jomba nk’uko ushinzwe ubuhinzi mu karere ka Nyabihu Nyirimanzi Jean Pierre abivuga. Nk’igihingwa ngengabukungu kandi cyera mu mirenge imwe n’imwe y’akarere ka Nyabihu,kawa  igiye kongererwa ubuso kugira ngo igumye kuzamura abaturage. Nyirimanzi Jean Pierre Agronome w’akarere ka Nyabihu avuga ko ubusanzwe [...]

Rwanda | Ruhango: abahinzi ba kawa baribaza ikizabatunga mu myaka itatu

\ \ \ \ \ \

Rwanda | Ruhango: abahinzi ba kawa baribaza ikizabatunga mu myaka itatu

Abahinzi bahuje ubutaka bagahinga igihingwa cya kawa, baravuga ko bafite impungenge z’icyizabatunga mu gihe iyi kawa izaba itarera kuko ubundi bari bamenyereye guhinga ibihingwa byihuse. Aba baturage bavuga ko bari bamenyereye guhinga amasaka. Imyumbati, ibitoki byakwera bakarya ndetse bakanasagurira amasoko. Uboyobozi bw’akarere ka Ruhango bwo buvuga ko abahinzi badakwiye kugira impungenge kuko hari umushinga bazajya [...]

Rwanda : Gahunda yo guhuza ubutaka ni imwe muri gahunda ziri kwihuta mu karere ka Muhanga

\ \ \ \ \

Rwanda : Gahunda yo guhuza ubutaka ni imwe muri gahunda ziri kwihuta mu karere ka Muhanga

Abatuye akarere ka Muhanga ndetse n’ubuyobozi bw’aka karere bemeza ko guhuza ubutaka ari imwe muri gahunda za leta ziri kwihuta kuko abaturage bamaze kuyumva. Bamwe mu bahinzi bo mu murenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga baratangaza ko batangiye batumva neza akamaro ko guhuza ubutaka ariko kugeza ubu ngo bamaze kumva neza iyi gahunda ndetse [...]

Rwanda | Nyamasheke: Inzego z’ibanze n’abaturage basabwe gutegura uko bazahuza ubutaka.

\ \ \ \

Rwanda | Nyamasheke: Inzego z’ibanze n’abaturage basabwe gutegura uko bazahuza ubutaka.

Ubuyobozi bw’akarere burasaba abaturage n’inzego z’ibanze gutegura uko bazahuza ubutaka muri iki gihembwe cy’ihinga mbere y’uko abaturage batangira guhinga, kugira ngo bazamenye uko bategura imirima yabo bitewe n’igihingwa bazateramo. Ibi umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke, Habyarimana Jean Baptiste yabibasabye mu nama yahuje abaturage b’umurenge wa Ruharambuga n’ubuyobozi bw’akarere kuri uyu wa 14/08/2012. Umuyobozi w’akarere yagize ati: [...]

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda | Ngoma:Abaturage basimbuza insina ikigori kubera akamaro cyabagiriye

Abatuye akagali ka Sakara ho mu murenge wa Murama akarere ka Ngoma,baratangaza ko ntawuzongera kubabwiriza gusimbuza insina igihingwa cy’ ibigori kuko ngo bamaze kwibonera ko ibigori bitanga umusaruro mwinshi kurusha insina zabo zinashaje. Bimwe mubikorwa aba baturage bavuga ko bamaze kwigezaho harimo kuvugurura amazu yabo no kwiteza imbere bakenura ingo zabo andi mafaranga bakuramo bakayajyana [...]

Rwanda | Nyabihu: Igikorwa cyo guhuza ubutaka kirakomeje hakorwa amaterasi ndinganire azafasha abaturage mu buhinzi

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda | Nyabihu: Igikorwa cyo guhuza ubutaka kirakomeje hakorwa amaterasi ndinganire azafasha abaturage mu buhinzi

Amatersi ndinganire akomeje gukorwa mu misozi y’ahahoze ishyamba rya Gishwati mu rwego rwo guhuza ubutaka,kubufata neza,kuburinda isuri no guteza imbere ubuhinzi Guhuza ubutaka ni imwe mu ngamba zafashwe mu rwego rwo gukora ubuhinzi bw’umwuga,guhinga igihingwa kimwe ahantu hamwe kandi kikitabwaho mu buryo bwiza n’ababishinzwe ku buryo giteza imbere ba nyir’ukugikora. Iyi gahunda kandi ifite akamaro [...]

Rwanda | Amajyaruguru: Abaturage barasabwa kubyaza umusaruro ubutaka bwabo uko bikwiye

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda | Amajyaruguru: Abaturage barasabwa kubyaza umusaruro ubutaka bwabo uko bikwiye

Nyuma y’uko abaturage bahawe ibyangobwa bya burundu by’ubutaka mu ntara y’Amajyaruguru, noneho bageze igihe cyo gusabwa kuba babubyaza umusaruro uko bikwiye kugirango bugire icyo bubamarira. Ibi byatangajwe ku ya 27 Gashyantare 2012, n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’ubutaka mu ntara y’Amajyaruguru mu mahugurwa yo kwiga uburyo ubutaka bwabyazwa umusaruro, ahuje abakozi n’abanyeshuri bo mu mashuri makuru yo [...]

Page 1 of 212