Home » Posts tagged with » Rwanda manure

Gatsibo: Gahunda ya TUBURA yagize uruhare mu kubongerera umusaruro

\ \ \ \ \ \ \ \ \

Gatsibo: Gahunda ya TUBURA yagize uruhare mu kubongerera umusaruro

Abaturage bo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Gatsibo bavuga ko umushinga TUBURA wabakuye mu bukene bwaterwaga no guhinga ntibeze bitewe no kutabona ifumbire. Bamwe ku bahinzi twaganiriye bemeza ko ubu nta nzara, nta bukene burangwa mu miryango y’amatsinda y’abahinzi akorana na TUBURA. TUBURA ni umuryango utegamiye kuri Leta ariko ukorana na Ministeri y’Ubuhinzi [...]

\ \ \ \ \ \ \

Rubavu : abahinzi b’ibirayi batangiye guhabwa ifumbire yo kubunganira

Abahinzi b’ibirayi mu karere ka Rubavu bavuga ko bishimira ubwunganizi bagenewe na Minisitere y’ubuhinzi mu kubegereza inyongeramusaruro nyuma y’uko bari basanzwe bayigurira bikabagora kuyibona ngo bahingire igihe. Nubwo RAB isanzwe yunganira abahinzi b’ibigori bagezwaho inyongeramusaruro y’ifumbire mvaruganda, ngo abahinizi b’ibirayi mu karere ka Rubavu ntibayigenerwaga kandi biri mubihingwa byatoranyijwe mu karere. Kuba bagiye kuzajya bagezwaho [...]

Rubavu: abahinzi b’ibigori barahamagarirwa kurwanya indwara ya Cyumya

\ \ \ \ \ \

Rubavu: abahinzi b’ibigori barahamagarirwa kurwanya indwara ya Cyumya

Nyuma y’uko mu karere ka Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe hadutse indwara y’ibigori izwi ku izina rya Cyumya, abaturage barahamagarirwa kugaragaza aho yafashe no kurandura ibigori byanduye kuko iri kwihuta mu kwanduza ibindi. Inama yahuje abashinzwe gucuruza inyongera musaruro y’ibigori mu karere ka Rubavu hamwe n’abahinzi  taliki ya 6/5/2013 hagaragajwe ikibazo cy’indwara yateye mu bigori [...]

\ \ \ \ \ \ \

Rubavu : abahinzi b’ibirayi batangiye guhabwa ifumbire yo kubunganira

Abahinzi b’ibirayi mu karere ka Rubavu bavuga ko bishimira ubwunganizi bagenewe na Minisitere y’ubuhinzi mu kubegereza inyongeramusaruro nyuma y’uko bari basanzwe bayigurira bikabagora kuyibona ngo bahingire igihe. Nubwo RAB isanzwe yunganira abahinzi b’ibigori bagezwaho inyongeramusaruro y’ifumbire mvaruganda, ngo abahinizi b’ibirayi mu karere ka Rubavu ntibayigenerwaga kandi biri mubihingwa byatoranyijwe mu karere. Kuba bagiye kuzajya bagezwaho [...]

\ \ \ \ \ \

Rubavu: abahinzi b’ibigori barahamagarirwa kurwanya indwara ya Cyumya

Nyuma y’uko mu karere ka Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe hadutse indwara y’ibigori izwi ku izina rya Cyumya, abaturage barahamagarirwa kugaragaza aho yafashe no kurandura ibigori byanduye kuko iri kwihuta mu kwanduza ibindi. Inama yahuje abashinzwe gucuruza inyongera musaruro y’ibigori mu karere ka Rubavu hamwe n’abahinzi  taliki ya 6/5/2013 hagaragajwe ikibazo cy’indwara yateye mu bigori [...]

\ \ \ \ \ \ \ \

Kamonyi: Bahangayikishijwe no kwishyura ifumbire kuko Soya bayihingishije yarumbye

Mu gihe basabwa kwishyura ifumbire bagurijwe, abahinze Soya mu bishanga bya Mpombori na Kigina, bavuga ko yarumbye bakaba basaba kongererwa igihe cyo kwishyura. Ubuyobozi bw’umurenge bwo, burabagira inama yo kuguza muri SACCO ngo babone ubwishyu. Abahinzi bo mu gishanga cya Mpombori na Kigina byo mu murenge wa Nyarubaka, barumbije Soya bari bahinze ku buso bungana [...]

Muhanga: abahinzi bamaze kubona akamaro k’inyongeramusaruro

\ \ \ \ \ \

Muhanga: abahinzi bamaze kubona akamaro k’inyongeramusaruro

Abahinzi  bibumbiye muri koperative Kora ubeho yo mu murenge wa Cyeza, akarere ka Muhanga, baravuga ko kubera ubumenyi buke mu gukoresha inyongeramusaruro byatumaga batagira umusaruro uhagije ariko ubu bakaba barabihugukiye. Ubusanzwe  abaturage bo muri  uyu murenge ,bari basanzwe bikoreshereza uburyo bwa gakondo  mu kongera umusaruro mu buhinzi bwabo, aho bakoreshaga ifumbire y’imborera gusa. Nyamara ngo [...]

Ruhango: Abahinzi b’imyumbati baritegura kongera umusaruro babikesha ifumbire ya D.I Grow

\ \ \ \ \ \ \

Ruhango: Abahinzi b’imyumbati baritegura kongera umusaruro babikesha ifumbire ya D.I Grow

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bukangurira abaturage gukoresha ifumbire y’umwimerere mu rwego rwo kuzamura umusaruro ku buso bw’ubutaka bahingaho. Rutikanga Joseph Salton arashima ubuyobozi bwamugejejeho umufatanyabikorwa umugezaho ifumbire y’umwimerere akoresha mu buhinzi bw’imyumbati, akaba afite icyizere cyo kubona umusaruro ushimishije kurusha uwo yari asanzwe abona. Uyu muhinzi wo mu kagari ka Rutabo, Umurenge wa Kinazi, yemeza [...]

Gakenke: Abahinzi b’Umurenge wa Nemba barafashwa gufumbira amaterasi

\ \ \ \ \ \

Gakenke: Abahinzi b’Umurenge wa Nemba barafashwa gufumbira amaterasi

Nyuma yo gukorerwa amaterasi y’indinganire, abahinzi bo mu Murenge wa Nemba, Akarere ka Gakenke  bagiye guhabwa ishwagara  yo kongera ubutari  (fer) mu materasi ndinganire kugira ngo atange umusaruro. Iyo shwagara ifasha ubutaka kwinjiza amazi, ubutaka bukarushaho kurubumbuka; nk’uko umukozi ushinzwe ubuhinzi mu Murenge wa Nemba abyivugira. Akomeza avuga ko Umurenge wa Nemba wari, wariyemeje gukora [...]

Rwanda | Ngoma: Bafite impungenge ko bashobora kotsa imyaka yabo kubera ibibazo biri muri koperative

\ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda | Ngoma: Bafite impungenge ko bashobora kotsa imyaka yabo kubera ibibazo biri muri koperative

Mu gihe leta y’ u Rwanda yafashe ingamba zo gufasha abahinzi kubagurira umusaruro ndetse inaborohereza gubawa amafaranga mbere yo gusarura  ngo batotsa imyaka yabo ikiri mu mirima, abahinzi b’ibigori bo muri koperative “Imbaraga baheze mu gihirahiro.”   Iyi koperative “Imbaraga” ikorera mu murenge wa Mutendeli akarere ka Ngoma ihinga ibigori.   Ku mpamvu z’uko koperative [...]

Page 1 of 41234