Home » Posts tagged with » Rwanda (MINAGRI)

Gatsibo: Gahunda ya TUBURA yagize uruhare mu kubongerera umusaruro

\ \ \ \ \ \ \ \ \

Gatsibo: Gahunda ya TUBURA yagize uruhare mu kubongerera umusaruro

Abaturage bo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Gatsibo bavuga ko umushinga TUBURA wabakuye mu bukene bwaterwaga no guhinga ntibeze bitewe no kutabona ifumbire. Bamwe ku bahinzi twaganiriye bemeza ko ubu nta nzara, nta bukene burangwa mu miryango y’amatsinda y’abahinzi akorana na TUBURA. TUBURA ni umuryango utegamiye kuri Leta ariko ukorana na Ministeri y’Ubuhinzi [...]

Karongi: Cage fish farming increases production

\ \ \ \ \ \ \ \

Karongi: Cage fish farming increases production

It is been only 6 months after the new type of fish farming locally known as Kareremba (Cage fish farming) was introduced in Lake Kivu and now they increased the harvest with enough production. The first harvest of this fish has come out to be satisfactory as expected said Ernest Ruzindaza.  Ernest Ruzindaza the Permanent [...]

KARONGI: Ku nshuro ya mbere, ubworozi bw’amafi muri za kareremba no mu byuzi bwatanze umusaruro ushimishije

\ \ \ \ \ \ \ \

KARONGI: Ku nshuro ya mbere, ubworozi bw’amafi muri za kareremba no mu byuzi bwatanze umusaruro ushimishije

Nyuma y’amezi atandatu mu karere ka Karongi hatangijwe ubworozi bw’amafi mu byo bita kareremba mu kiyaga cya Kivu, umunyamabanga uhoraho muri Ministeri y’ubuhinzi n’ubworozi arishimira ko umusaruro wa mbere ushimishije. Umunyamabanga uhoraho muri ministeri y’ubuhinzi n’ubworozi Ruzindaza Ernest kuri uyu wa gatatu tariki 8/5/2013 yasuye ibikorwa by’uburobyi n’ubworozi bw’amafi mu karere ka Karongi. Uruzinduko rwe [...]

Rwanda :  630 hectares of land in preparation for agriculture

\ \ \ \ \

Rwanda : 630 hectares of land in preparation for agriculture

Last week on Friday 11/01/2013, the ministry of agriculture together with reserved forces took part in activities of farming to help the residents in Mpanga in Kirehe district with agricultural activities. Eng.Germais Sangano in charge of different projects done by the Reserved forces said that these people did these activities on land of about 123km [...]

Rwanda | Ibidukikije: Abahinzi barasabwa kudatwika ibyatsi n’ibiti mu mirima yabo (RAB)

\ \ \ \ \ \

Rwanda | Ibidukikije: Abahinzi barasabwa kudatwika ibyatsi n’ibiti mu mirima yabo (RAB)

Nkuko tubikesha minisiteri ifite ubuhinzi munshingano zayo, gutwika ibyatsi mu mirima ntibyemewe mu Rwanda ndetse aya mabwiriza akaba amaze imyaka itari mike atangwa ku bahinzi bo mu Rwanda hose. Amakuru dukesha impuguke muby’ubuhinzi ikorera mukigo gishinzwe ubushakashatsi muby’ubuhinzi ISAR, gutwika ibyatsi bihombya umuhinzi kubirebana n’ifumbire, kubangamira ibimera ndetse no kugira uruhare mu kwangiza ikirere. Nubwo [...]

\ \ \ \ \ \

Rwanda : Rubavu abahinzi b’ibirayi bagaragaje ibibazo by’imbuto

Abahinzi bo mu karere ka Rubavu na Nyabihu bavuga ko nubwo bafite ubushake bwo guhinga igihingwa cy’ibirayi ngo bakomeje guhura n’ibibazo byo kubona imbuto nziza bigatuma bamwe badashobora guhinga uko babyifuza mu gihe abandi ibyo bahinze bidatanga umusaruro uko bikwiriye. Abahinzi b’ibirayi bashoboye kugaragaza ibi bibazo nyuma yo guhuzwa n’urugaga Imbaraga rubafasha gushakira igisubizo ibibazo [...]

Rwanda : INAMA KU MYITEGURO Y’IGIHEMBWE CY’IHINGA UMWAKA WA 2013A MU NTARA Y’AMAJYEPFO

\ \ \ \

Rwanda : INAMA KU MYITEGURO Y’IGIHEMBWE CY’IHINGA UMWAKA WA 2013A MU NTARA Y’AMAJYEPFO

Kuri uyu wa kabiri tariki ya11 Nzeri, ku biro by’intara y’amajyepfo habereye inama yahuje ubuyobozi bwa MINAGRI n’abayobozi b’uturere tugize iyi ntara ndetse n’umukuru w’intara, inama ikaba yari igamije kungurana ibitekerezo ku myiteguro y’igihembwe cy’ihinga umwaka wa 2013A ndetse no kureba ahari ibibazo n’uburyo byakemuka kugirango hazaboneke umusaruro utubutse mu buhinzi. Muri iyi nama ku [...]

Rwanda | Nyagatare: Batashye batabonye ibyo kubatunga bemerewe na MINAGRI kubera ko ibyo yari yazanye byari bike

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda | Nyagatare: Batashye batabonye ibyo kubatunga bemerewe na MINAGRI kubera ko ibyo yari yazanye byari bike

Abaturage bo mu Kagari ka Nyagatabire mu Murenge wa Musheri ho mu Karere ka Nyagatare bari basanzwe bahinga imyaka itandukanye mu gishanga cya Nyagatabire no ku nkuka zacyo hatunganyirijwe guhingwa ibigori, kuri uyu wa 4/9/2012 biriwe ku kibuga cya Nyagatabire bategereje guhabwa ibiribwa byo kubatunga mu gihe bategereje ko amasambu yabo yatunganyirijwe guhingwamo ibigori atangira [...]

Rwanda : Rusizi- Ubutaka bwaho bugiye kubonerwa umuti

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda : Rusizi- Ubutaka bwaho bugiye kubonerwa umuti

Umurenge wa Bweyeye ni umwe mu mirenge igize akarere ka Rusizi, ifite ubutaka butera, bityo abaturage baho bakaba bahura n’ikibazo cy’inzara. Ni muri urwo rwego igishanga cyitwa Matyazo gifite ikigereranyo cy’ubuso bungana na hegitari 60, kitabyazwa umusaruro nk’uko bigomba ngo kigiye kubyazwa umusaruro. Kuba iki gishanga kitera ngo ntibituruka ku bahinzi baho, kuko abakora uwo [...]

Rwanda | Gatsibo: hatangijwe ubukangurambaga mu gukorera urutoki mu rwego rw igihugu

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda | Gatsibo: hatangijwe ubukangurambaga mu gukorera urutoki mu rwego rw igihugu

Akarere ka Gatsibo kimwe n’uturere tumwe na tumwe tugize intara y’uburasirazuba twihariye igihingwa cy’urutoki kandi gishobora gutanga umusaruro birenze uko biri kiramutse kitaweho. Kuba perezida Kagame yarasuye umuhinzi ntangarugero w’urutoki Rukundo mu murenge wa Kiziguro agasaba ko ubuhinzi bw’urutoki Rukundo afite bwakorwa no kubandi bahinzi, akarere ka Gatsibo gafatanyije n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi RAB batangije [...]

Page 1 of 3123