Home » Posts tagged with » Rwanda Nyamasheke

Nyamasheke: farming season 2013B in progress

\ \ \ \ \ \ \

Nyamasheke: farming season 2013B in progress

Residents if Macuba sector in Nyamasheke District are supposed to take good care of the terraces made by Rural Sector Support Project (RSSP) by owning them and making them productive. This was said by the vice mayor for finance and economic  development of the District Charles Bahizi during the official opening of cultivation season 2013B [...]

Nyamasheke: Batangije Igihembwe cy’ihinga 2013 -“B” basabwa gufata neza ubutaka

\ \ \ \ \ \ \ \

Nyamasheke: Batangije Igihembwe cy’ihinga 2013 -“B” basabwa gufata neza ubutaka

Abaturage bo mu murenge wa Macuba mu karere ka Nyamasheke barasabwa gufata neza amaterasi bakorewe ku bufatanye n’Umushinga RSSP uharanira iterambere ry’icyaro, bumva ko ari ibikorwa byabo kandi bagaharanira kuyabyaza umusaruro ukwiriye. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke wungirije ushinzwe ubukungu, Bahizi Charles ubwo kuri uyu wa 25/02/2013 yatangizaga Igihembwe cy’Ihinga 2013/B mu rwego rw’akarere [...]

Rwanda : Nyamasheke yagiriye urugendoshuri mu Karere ka Gicumbi

\ \ \ \ \ \ \

Rwanda : Nyamasheke yagiriye urugendoshuri mu Karere ka Gicumbi

  Akarere ka Gicumbi gakomeje kuza ku isonga mu kuba icyitegererezo mugukora amaterasi y’indinganire aho uturere tw’igihugu cy’u Rwanda dukorera urugendoshuri muri ako Karere biga gukora amaterasi y’indinganire. Kuri uyu wa kane tariki ya 15/11/2012, intumwa z’Akarere ka Nyamasheke zagiriye urugendoshuri mu karere ka Gicumbi aho bagiye kwiga gukora amaterasi y’indinganire no gusobanukirwa byimazeyo uburyo [...]

\ \ \ \ \

Rwanda : Abahinzi bashobora guhinga kuko imvura ihari ihagije- ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere.

Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere kiratangaza ko imvura y’umuhindo yatangiye kugwa bityo abahinzi bakaba bashobora gutangira gutera imyaka, kandi ibipimo by’iteganyagihe byerekana ko imbura ihari ihagije. Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere kiravuga ko uyu ari umuhindo wahinduye bityo abahinzi bakaba bategura imirima yabo, bagatangira guhinga. Twahirwa Antoine ushinzwe ishami ry’iteganyagihe mu kigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere yatangarije orinfor [...]

Rwanda | Nyamasheke: Abashinzwe ubuhinzi basabwe kwegera abaturage mu itegurwa ry’igihembwe cy’ihinga.

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda | Nyamasheke: Abashinzwe ubuhinzi basabwe kwegera abaturage mu itegurwa ry’igihembwe cy’ihinga.

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24/08/2012, abashinzwe ubuhinzi mu mirenge, abashinzwe gukurikirana amashyamba, ba Rwiyemezamirimo bategura ingemwe z’ibiti bizaterwa ndetse n’abashinzwe iterambere ry’utugari tumwe na tumwe  bahuriye mu nama yabahuje n’abashinzwe ubuhinzi, imiturire n’amashyamba ku rwego rw’akarere, mu rwego rwo kurebera hamwe uko barushaho kunoza akazi kabo. Umukozi ushinzwe ibikorwa by’iterambere mu karere ka [...]

Rwanda | Nyamasheke: Inzego z’ibanze n’abaturage basabwe gutegura uko bazahuza ubutaka.

\ \ \ \

Rwanda | Nyamasheke: Inzego z’ibanze n’abaturage basabwe gutegura uko bazahuza ubutaka.

Ubuyobozi bw’akarere burasaba abaturage n’inzego z’ibanze gutegura uko bazahuza ubutaka muri iki gihembwe cy’ihinga mbere y’uko abaturage batangira guhinga, kugira ngo bazamenye uko bategura imirima yabo bitewe n’igihingwa bazateramo. Ibi umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke, Habyarimana Jean Baptiste yabibasabye mu nama yahuje abaturage b’umurenge wa Ruharambuga n’ubuyobozi bw’akarere kuri uyu wa 14/08/2012. Umuyobozi w’akarere yagize ati: [...]

Rwanda | Nyamasheke: Umusaruro w’umuceri ugomba kugira agaciro.

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda | Nyamasheke: Umusaruro w’umuceri ugomba kugira agaciro.

            Bahizi Charles, n’Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imari, ubukungu n’iterambere Mu rwego rwo kurushaho guteza imbere igihingwa cy’umuceri, mu karere ka Nyamasheke hashyizweho ihuriro ry’amakoperative ahinga umuceri UCORINYA (Union des Coopératives Rizicoles de Nyamasheke). Kuri uyu wa 10 Kanama 2012, abagize iri huriro ryagiranye inama n’Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imari, [...]

Rwanda | Nyamasheke: Abaturage bajyaga bahabwa ifumbire bahawe inka ngo bage bayibona buri gihe.

\ \ \ \ \

Rwanda | Nyamasheke: Abaturage bajyaga bahabwa ifumbire bahawe inka ngo bage bayibona buri gihe.

Kuri uyu wa 01/08/2012, abaturage batishoboye bo mu murenge wa Gihombo bahawe amatungo azabafasha kubona ifumbire ngo babashe kubyaza umusaruro amaterasi (terraces) bakorewe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA) binyuze mu mushinga DEMP mu rwego rwo kurengera ibidukikije barwanya isuri. Nk’uko bitangazwa na Niyitegeka Servand, umuhuzabikorwa w’umushinga DEMP mu turere twa Nyamasheke na Rusizi, ngo [...]

Rwanda | Nyamasheke: Abashinzwe ubuhinzi barasabwa kuvugurura igihingwa cy’urutoki.

\ \ \ \ \

Rwanda | Nyamasheke: Abashinzwe ubuhinzi barasabwa kuvugurura igihingwa cy’urutoki.

Mu nama yahuje abashinzwe ubuhinzi mu mirenge no ku karere ka Nyamasheke ndetse n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB), tariki 27/7/2012 abashinzwe ubuhinzi mu mirenge basabwe guharanira kuvugurura no gukorera urutoki rukaba intangarugero. Umukozi ushinzwe ubuhinzi mu karere ka Nyamasheke, Sengambi Albert, yasabye abashinzwe ubuhinzi mu mirenge ko bakwiye gutegura ahantu hakwiye guterwa urutoki bakanareba [...]

Rwanda | Nyamasheke: Akarere karashaka kuba intangarugero mu buhinzi.

\ \ \ \

Rwanda | Nyamasheke: Akarere karashaka kuba intangarugero mu buhinzi.

Mu nama yahuje ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB) tariki 27/7/2012, abafite ubuhinzi mu nshingano zabo ku rwego rw’imirenge yose no ku karere ka Nyamasheke, Musabyimana Innocent, umuyobozi wungirije wa RAB akaba n’umuyobozi w’inama njyanama y’akarere ka Nyamasheke yasabye abashinzwe ubuhinzi guharanira ko akarere kabo kaba intangarugero mu buhinzi. Musabyimana yasabye abakozi bafite ubuhinzi mu [...]

Page 1 of 212