Home » Posts tagged with » Rwanda people

Burera: Guhinga igitondo n’ikigoroba ngo ni umuco wabo  – abaturage

\ \ \ \ \ \ \

Burera: Guhinga igitondo n’ikigoroba ngo ni umuco wabo – abaturage

Abaturage bo mu karere ka Burera ni bamwe mu banyarwanda bitabira umurimo bashishikaye kuburyo nko mu bijyanye no guhinga, bahinga kuva mu gitondo kugeza nimugoroba, ibintu bikorwa hake mu Rwanda. Akerere ka Burera kagizwe ahanini n’icyaro kuko nta mujyi uharangwa. Abanyaburera benshi batunzwe n’ubuhinzi. Ibyo bituma babwitabira nta kwiganda, dore ko n’ubutaka bwaho bwera cyane. [...]

Kabare: Abaturage baragenda basobanukirwa n’akamaro k’amaterase y’indinganire

\ \ \ \ \ \ \ \

Kabare: Abaturage baragenda basobanukirwa n’akamaro k’amaterase y’indinganire

Abaturage bo mu murenge wa Kabare mu karere ka Kayonza baragenda basobanukirwa n’akamaro k’amaterase y’indinganire nk’uko bivugwa n’abatuye mu mudugudu wa Kibuye. Amaterase ari gucukurwa muri bimwe mu bice bigize umurenge wa Kabare ku nkunga y’umushinga LWH. Ubwo umushinga wo gucukura amaterase mu murenge wa Kabare watangiraga, hari abaturage bawurwanyije banga ko amaterase acukurwa mu [...]

Rulindo: Abahawe indogobe baravuga ko zikeneye ibikoresho ngo zibashe gukora.

\ \ \ \ \

Rulindo: Abahawe indogobe baravuga ko zikeneye ibikoresho ngo zibashe gukora.

Bamwe mu baturage bahawe indogoba mu karere ka Rulindo, baravuga ko kuzorora byoroshye. Bakaba bavuga ko hari bamwe bavuga ko zishobora kuba zirushya ,ngo si ko bimeze. Indogobe zahawe bamwe mu baturage mu karere ka  Rulindo kuri ubu zatangiye gukora iwe n’imwe.Izi ndogobe ahanini zahawe imiryango y’abapfakazi ba jenoside ,mu rwego rwo kubafasha mu mirimo [...]

\ \ \ \ \

Gatsibo: Abahinzi barasabwa gukurikiza inama bahabwa na RAB

Abahinzi bo mu Murenge wa Gitoki  mu Karere ka Gatsibo bakorana n’ikigo gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB), barishimira uko umusaruro wabo ugenda utera imbere babikesha inama n’inkunga bahabwa na RAB. Ibi ngo bitandukanye na mbere aho wasangaga abaturage bahinga mu kajagari ariko ubu bakaba bahinga bakurikije imbuto bahawe ndetse n’inama bahabwa n’abajyanama b’ubuhinzi. Aba bahinzi bakaba [...]

Mu mezi 4 Gishwati izaba imaze gusaranganywa abari bahafite ubutaka

\ \ \ \ \ \

Mu mezi 4 Gishwati izaba imaze gusaranganywa abari bahafite ubutaka

Mu nama yahuje Minisitiri w’intebe Dr. Pierre Damien Habumuremyi n’abafite aho bahurira n’ikibazo cya Gishwati bagashyiraho umurongo w’ishyirwa mu bikorwa mu isaranganya ry’ubutaka bwa Gishwati. Nkuko bitangazwa na radiyo Rwanda, iyi nama yemeje ko mu kwezi kwa Kamena kuzarangirana no gusaranganya ubutaka kubari batuye Gishwati bahimuwe, abahatuye batemerewe guhinga hamwe n’abatuye mu nkengero ariko hakaza [...]

Abahinzi bahawe imirima mu gishanga cya Rurambi baravuga ko nta bushobozi bafite bwo kuyitunganya

\ \ \ \ \ \ \

Abahinzi bahawe imirima mu gishanga cya Rurambi baravuga ko nta bushobozi bafite bwo kuyitunganya

Bamwe mu baturage bahawe imirima yo guhingamo mu gishanga cya Rurambi gihuruweho n’imirenge ya Juru na Mwogo yo mu karere ka Bugesera ndetse n’umurenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro baratangaza ko nta bushobozi bafite bwo gutunganya imirima bahawe. Abo baturage bavuga ko bahuye n’imbogamizi y’amafaranga kuko bari bisunze banki none zikaba zarayabimye kandi arizo [...]

Gakenke: Barasabwa gufasha abaturage kuzigamira mitiweli ku mwero w’imyaka

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Gakenke: Barasabwa gufasha abaturage kuzigamira mitiweli ku mwero w’imyaka

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Bosenibamwe Aime, kuri uyu wa kabiri tariki 05/02/2013,  yasabye abayobozi b’inzego z’ibanze gukangurira abaturage gufunguza konti mu mirenge SACCO bazigamaho amafaranga y’ubwisungane magirirane mu kwivuza buzwi nka mitiweli mu gihe bejeje imyaka. Uyu muyobozi avuga ko ikibazo cya mitiweli cyakomeje kuba agatereranzamba mu karere bitewe nuko abaturage badatozwa kuzigamira buhoro buhoro  amafaranga [...]

Gicumbi : Abangirijwe n’imvura barasaba ko bahabwa imbuto y’ingoboka

\ \ \ \ \ \

Gicumbi : Abangirijwe n’imvura barasaba ko bahabwa imbuto y’ingoboka

Abaturage bo mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi bangirijwe imyaka n’imvura yaguye mu mpera z’icyumweru gishize barasaba ko bahabwa imbuto y’ingoboka kugirango babashe kongera gutera imyaka kuko iyo bari bahinze yose yatwawe n’umwuzure. “Imvura yarampekuye, ubu abana baherutse kujya ku ishuri bajyanye amafaranga yose, none ayo nari nizeye nzayakura muri iyi myaka none [...]

Rwanda : Abatagiraga aho bahinga nibo barimo guherwaho bahabwa imirima mu gishanga cya Rurambi

\ \ \ \ \

Rwanda : Abatagiraga aho bahinga nibo barimo guherwaho bahabwa imirima mu gishanga cya Rurambi

Ubuyobozi bw’akarere ka Bugesera buratangaza ko burimo gutanga imirima mu gishanga cya Rurambi bahereye ku bantu batagiraga aho bahinga. Abaturage bahabwa imirima ni ababa badafite aho bahinga, abo batoranwa n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze ndetse babifashijwemo n’abaturage kuko aribo babazi neza nk’uko byemezwa na Nkinzingabo Jean de Dieu ushinzwe ubuhinzi mu karere ka Bugesera. Ati “ aba [...]

Rwanda | GISAGARA: BARASABWA KUBYAZA UMUSARURO UBUHINZI BAKORA

\ \ \ \

Rwanda | GISAGARA: BARASABWA KUBYAZA UMUSARURO UBUHINZI BAKORA

 Umurimo w’ubuhinzi n’ubworozi niwo utunze imbaga nini y’abatuye akarere ka Gisagara kuko ari akarere k’icyaro kandi kadakora ku muhanda wa kaburimbo n’umwe, bityo bikaba bituma nta bikorwa byinshi byahakorerwa. Kuba rero uyu murimo ariwo uhakorerwa cyane ngo ntibivuze ko abahatuye batatera imbere, ariyo mpamvu basabwa guha umurimo bakora agaciro. Abaturage b’akarere ka Gisagara batunzwe ahanini [...]

Page 1 of 41234