Home » Posts tagged with » Rwanda production

Gatsibo: Gahunda ya TUBURA yagize uruhare mu kubongerera umusaruro

\ \ \ \ \ \ \ \ \

Gatsibo: Gahunda ya TUBURA yagize uruhare mu kubongerera umusaruro

Abaturage bo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Gatsibo bavuga ko umushinga TUBURA wabakuye mu bukene bwaterwaga no guhinga ntibeze bitewe no kutabona ifumbire. Bamwe ku bahinzi twaganiriye bemeza ko ubu nta nzara, nta bukene burangwa mu miryango y’amatsinda y’abahinzi akorana na TUBURA. TUBURA ni umuryango utegamiye kuri Leta ariko ukorana na Ministeri y’Ubuhinzi [...]

Muhanga: abahinzi barinubira uburyo RAB itinda kubishyura iyo bayiranguje ibigori

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Muhanga: abahinzi barinubira uburyo RAB itinda kubishyura iyo bayiranguje ibigori

Bamwe mu bahinzi b’ibigori bo mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo barinubira uburyo ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB) kibishyura gitinze, mu gihe baba babahaye ibigori. Aba bahinzi batangaza ko muri koperative zabo bashyizweho itegeko ribabuza kugira ahandi bacuruza ibigori byabo kuko ngo bagomba kubigurirwa na RAB gusa. Kuri ubu bamwe bakaba bakomeje kugira [...]

Abahinzi b’ikawa mu Rwanda bazajya babwirwa uko bayikorera binyuze kuri telefoni

\ \ \ \ \ \ \ \

Abahinzi b’ikawa mu Rwanda bazajya babwirwa uko bayikorera binyuze kuri telefoni

  Bamwe mu bafatanyabikotwa ba Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda bamaze kuzana uburyo buzajya bufasha abahinzi b’ikawa mu kumenya icyo bakwiye gukorera ikawa yabo mu rwego rwo kongera umusaruro n’ubwiza bwayo. Iri koranabuhanga akaba ari irikoreshwa ku buryo bushobora korohera buri wese kandi rikaba ryahendukira benshi mu bagenerwabikorwa baryo nk’uko bitangazwa na Clement Uwajeneza umwe [...]

Karongi: Cage fish farming increases production

\ \ \ \ \ \ \ \

Karongi: Cage fish farming increases production

It is been only 6 months after the new type of fish farming locally known as Kareremba (Cage fish farming) was introduced in Lake Kivu and now they increased the harvest with enough production. The first harvest of this fish has come out to be satisfactory as expected said Ernest Ruzindaza.  Ernest Ruzindaza the Permanent [...]

Abacukura amaterase y’indinganire ntatange umusaruro baba bayacukuye nabi – Turikunkinko Pascal

\ \ \ \ \ \

Abacukura amaterase y’indinganire ntatange umusaruro baba bayacukuye nabi – Turikunkinko Pascal

Amaterase y’indinganire ahingwaho imyaka ntiyere ngo aba yakozwe nabi nk’uko byemezwa na Turikunkiko Pascal, umukozi w’ikigo gikurikirana umushinga wo gucukura amaterase y’indinganire mu murenge wa Kabare wo mu karere ka Kayonza. Hari abaturage bagiye barwanya umushinga w’amaterase y’indinganire bavuga ko imyaka yahinzwe ku materase itera neza. Bamwe bavuga ko iyo amaterase acukurwa, ubutaka bwo hejuru, [...]

KARONGI: Ku nshuro ya mbere, ubworozi bw’amafi muri za kareremba no mu byuzi bwatanze umusaruro ushimishije

\ \ \ \ \ \ \ \

KARONGI: Ku nshuro ya mbere, ubworozi bw’amafi muri za kareremba no mu byuzi bwatanze umusaruro ushimishije

Nyuma y’amezi atandatu mu karere ka Karongi hatangijwe ubworozi bw’amafi mu byo bita kareremba mu kiyaga cya Kivu, umunyamabanga uhoraho muri Ministeri y’ubuhinzi n’ubworozi arishimira ko umusaruro wa mbere ushimishije. Umunyamabanga uhoraho muri ministeri y’ubuhinzi n’ubworozi Ruzindaza Ernest kuri uyu wa gatatu tariki 8/5/2013 yasuye ibikorwa by’uburobyi n’ubworozi bw’amafi mu karere ka Karongi. Uruzinduko rwe [...]

\ \ \ \ \ \ \

Rubavu : abahinzi b’ibirayi batangiye guhabwa ifumbire yo kubunganira

Abahinzi b’ibirayi mu karere ka Rubavu bavuga ko bishimira ubwunganizi bagenewe na Minisitere y’ubuhinzi mu kubegereza inyongeramusaruro nyuma y’uko bari basanzwe bayigurira bikabagora kuyibona ngo bahingire igihe. Nubwo RAB isanzwe yunganira abahinzi b’ibigori bagezwaho inyongeramusaruro y’ifumbire mvaruganda, ngo abahinizi b’ibirayi mu karere ka Rubavu ntibayigenerwaga kandi biri mubihingwa byatoranyijwe mu karere. Kuba bagiye kuzajya bagezwaho [...]

Rubavu: abahinzi b’ibigori barahamagarirwa kurwanya indwara ya Cyumya

\ \ \ \ \ \

Rubavu: abahinzi b’ibigori barahamagarirwa kurwanya indwara ya Cyumya

Nyuma y’uko mu karere ka Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe hadutse indwara y’ibigori izwi ku izina rya Cyumya, abaturage barahamagarirwa kugaragaza aho yafashe no kurandura ibigori byanduye kuko iri kwihuta mu kwanduza ibindi. Inama yahuje abashinzwe gucuruza inyongera musaruro y’ibigori mu karere ka Rubavu hamwe n’abahinzi  taliki ya 6/5/2013 hagaragajwe ikibazo cy’indwara yateye mu bigori [...]

\ \ \ \ \ \ \

Rubavu : abahinzi b’ibirayi batangiye guhabwa ifumbire yo kubunganira

Abahinzi b’ibirayi mu karere ka Rubavu bavuga ko bishimira ubwunganizi bagenewe na Minisitere y’ubuhinzi mu kubegereza inyongeramusaruro nyuma y’uko bari basanzwe bayigurira bikabagora kuyibona ngo bahingire igihe. Nubwo RAB isanzwe yunganira abahinzi b’ibigori bagezwaho inyongeramusaruro y’ifumbire mvaruganda, ngo abahinizi b’ibirayi mu karere ka Rubavu ntibayigenerwaga kandi biri mubihingwa byatoranyijwe mu karere. Kuba bagiye kuzajya bagezwaho [...]

\ \ \ \ \ \

Rubavu: abahinzi b’ibigori barahamagarirwa kurwanya indwara ya Cyumya

Nyuma y’uko mu karere ka Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe hadutse indwara y’ibigori izwi ku izina rya Cyumya, abaturage barahamagarirwa kugaragaza aho yafashe no kurandura ibigori byanduye kuko iri kwihuta mu kwanduza ibindi. Inama yahuje abashinzwe gucuruza inyongera musaruro y’ibigori mu karere ka Rubavu hamwe n’abahinzi  taliki ya 6/5/2013 hagaragajwe ikibazo cy’indwara yateye mu bigori [...]

Page 1 of 10123Next ›Last »