Home » Posts tagged with » Rwanda programs

\ \ \ \ \ \ \

Ngoma: Barasaba abashinzwe ubuhinzi kujya bagenzura neza abafashe isoko ryo gukora amaterasi

Nyuma yuko imwe mu mirenge itari mike igaragarije ikibazo cyabaye mu matersi yakozwe muri 2008 agakorwa nabi abaturage bakanga kuyahinga kuko nta musaruro yabahaga, abaturage basabye ko akarere ka Ngoma kazagenzura neza uzafata isoko ryo kuyubaka kugirango batazongera kwangirizwa ubutaka.   Imirenge irenga itatu yo mukarere ka Ngoma niyo yagaragayemo ikibazo cy’amaterasi bivugwa ko yakozwe [...]

Gatsibo: Gahunda ya TUBURA yagize uruhare mu kubongerera umusaruro

\ \ \ \ \ \ \ \ \

Gatsibo: Gahunda ya TUBURA yagize uruhare mu kubongerera umusaruro

Abaturage bo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Gatsibo bavuga ko umushinga TUBURA wabakuye mu bukene bwaterwaga no guhinga ntibeze bitewe no kutabona ifumbire. Bamwe ku bahinzi twaganiriye bemeza ko ubu nta nzara, nta bukene burangwa mu miryango y’amatsinda y’abahinzi akorana na TUBURA. TUBURA ni umuryango utegamiye kuri Leta ariko ukorana na Ministeri y’Ubuhinzi [...]

Ruhango : Abakangurambaga b’ubuhinzi mu kuvugurura ubuhinzi

\ \ \ \ \ \

Ruhango : Abakangurambaga b’ubuhinzi mu kuvugurura ubuhinzi

Mu karere ka Ruhango, abakangurambaga b’ubuhinzi bakomeye ku mugambi wo guteza imbere ubuhinzi, kuva mu buhinzi bwa gakondo bajya mu buhinzi bw’umwuga. Ibi abakangurambaga b’ubuhinzi 69 bibumbiye muri Koperative, Bandebereho y’Abakangurambaga b’ubuhinzi  bo mu Murenge wa Ntongwe babigaragarije Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango tariki ya 9 Gicurasi 2013 ubwo yabasuraga aho bakorera ubuhinzi bw’imyumbati, mu kagali [...]

Abacukura amaterase y’indinganire ntatange umusaruro baba bayacukuye nabi – Turikunkinko Pascal

\ \ \ \ \ \

Abacukura amaterase y’indinganire ntatange umusaruro baba bayacukuye nabi – Turikunkinko Pascal

Amaterase y’indinganire ahingwaho imyaka ntiyere ngo aba yakozwe nabi nk’uko byemezwa na Turikunkiko Pascal, umukozi w’ikigo gikurikirana umushinga wo gucukura amaterase y’indinganire mu murenge wa Kabare wo mu karere ka Kayonza. Hari abaturage bagiye barwanya umushinga w’amaterase y’indinganire bavuga ko imyaka yahinzwe ku materase itera neza. Bamwe bavuga ko iyo amaterase acukurwa, ubutaka bwo hejuru, [...]

Nyabihu:  bateguye ingamba zo kongera iterambere

\ \ \ \ \ \

Nyabihu: bateguye ingamba zo kongera iterambere

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyabuhu buvuga ko bumaze kugira ingamba zihamye mu guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, k’uburyo mu gihe cy’imyaka itanu ababikora bizaba bimaze kubateza imbere. Mu mwiherero w’iminsi 2 wabereye mu karere ka Rubavu taliki ya 25/4/2013 wahuje abayobozi b’akarere ka Nyabihu n’abafatanyabikorwa b’akarere biga kuri gahunda y’imyaka itanu mu iterambere ry’akarere ka Nyabihu. Umwiherero [...]

\ \ \ \ \ \ \ \

UMUNSI W’ABAHINZI WIJIHIJWE MU KARERE KA NYAGATARE

NYAGATARE-Gukorera mu makoperative ni kimwe mu bizafasha abahinzi gucyemura ibibazo bibangamiye umwuga wabo. Iki ni kimwe mu bikubiye mu butumwa bwatanzwe na Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi mu karere ka Nyagatare mu munsi w’abahinzi wizihirijwe mu murenge wa Rwimiyaga. Uyu munsi wizihirijwe mu karere ka Nyagatare wabaye umwanya wo kugaragaza aho umuhinzi yavuye aho ageze n’icyerekezo cye [...]

Farmers must participate in modern agriculture for production increase- RAB

\ \ \ \ \

Farmers must participate in modern agriculture for production increase- RAB

This was said by the deputy director of the Rwanda Agricultural Board [RAB] Innocent Musabyimana after starting the 2013 B period of farming while in a meeting with the different agriculturalists and farmers in the district of Nyabihu, who added on saying that farming, should be done as a job to help different people. “Originally [...]

Kamonyi: Abanyamugina bishimiye ko mu guhuza ubutaka bazirikanye amasaka

\ \ \ \ \ \

Kamonyi: Abanyamugina bishimiye ko mu guhuza ubutaka bazirikanye amasaka

Mu gihembwe cy’Ihinga 2013 B, abatuye umurenge wa Mugina bahinze ibishyimbo, amasaka n’imyumbati. Abo baturage batangaza ko bishimiye ko bemerewe guhinga amasaka, kuko ahera kandi akabagirira akamaro. Mukanyandwi Laguida, atuye mu kagari ka Mugina, avuga ko igihingwa cy’amasaka gitanga umusaruro ushimishije kandi utaburirwa isoko. Ngo bishimiye ko ubuyobozi bwabemereye gukomeza kuyahinga, kuko bari bafite impungenge [...]

Nyamasheke: farming season 2013B in progress

\ \ \ \ \ \ \

Nyamasheke: farming season 2013B in progress

Residents if Macuba sector in Nyamasheke District are supposed to take good care of the terraces made by Rural Sector Support Project (RSSP) by owning them and making them productive. This was said by the vice mayor for finance and economic  development of the District Charles Bahizi during the official opening of cultivation season 2013B [...]

Nyamasheke: Batangije Igihembwe cy’ihinga 2013 -“B” basabwa gufata neza ubutaka

\ \ \ \ \ \ \ \

Nyamasheke: Batangije Igihembwe cy’ihinga 2013 -“B” basabwa gufata neza ubutaka

Abaturage bo mu murenge wa Macuba mu karere ka Nyamasheke barasabwa gufata neza amaterasi bakorewe ku bufatanye n’Umushinga RSSP uharanira iterambere ry’icyaro, bumva ko ari ibikorwa byabo kandi bagaharanira kuyabyaza umusaruro ukwiriye. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke wungirije ushinzwe ubukungu, Bahizi Charles ubwo kuri uyu wa 25/02/2013 yatangizaga Igihembwe cy’Ihinga 2013/B mu rwego rw’akarere [...]

Page 1 of 512345