Home » Posts tagged with » Rwanda season

Musanze – ibishyimbo bikungahaye ku butare bije guteza imbere imirire

\ \ \ \ \ \ \

Musanze – ibishyimbo bikungahaye ku butare bije guteza imbere imirire

Abahinzi bo mu murenge wa Rwaza akarere ka Musanze, baravuga ko ibishyimbo bikungahaye k’ubutare (fer) bije kuzamura urwego rw’imirire mungo zabo, kuko batangiye kubyihingira kandi bikaba bizwiho gukungahara kuri uriya munyu ufitiye akamaro kanini umubiri w’umuntu. Ibi bishyimbo ngo bigira uruhare mu kugarurira ubuzima abana barwaye bwaki ndetse no mu kugira ubuzima bwiza k’umugore utwite, [...]

Rwanda : Igihembwe cy’ihinga cya 2013 A cyagenze neza nubwo habonetse akabazo k’izuba hamwe na hamwe

\ \ \ \ \ \

Rwanda : Igihembwe cy’ihinga cya 2013 A cyagenze neza nubwo habonetse akabazo k’izuba hamwe na hamwe

  Igihembwe cy’ihinga cya 2013 A cyagenze neza muri rusange n’ubwo hagiye habonekamo utubazo tw’izuba mu turere tumwe na tumwe nk’uko Nuwumuremyi Jeanine,umuyobozi wa  RAB  mu ntara y’I Burengerazuba abivuga. Tumwe mu turere twagiye tubonekamo ikibazo k’izuba ni nk’akarere ka Ngororero ndetse n’aka Karongi ahegereye Nyabarongo nk’uko umuyobozi wa RAB mu ntara y’Iburengerazuba yabigarutseho. Nubwo [...]

RWANDA | GISAGARA: MU GISHANGA CYA DUWANI MU MURENGE WA KIBILIZI, BATANGIJE IGIKORWA CYO GUHINGA IBIGORI

\ \ \ \ \

RWANDA | GISAGARA: MU GISHANGA CYA DUWANI MU MURENGE WA KIBILIZI, BATANGIJE IGIKORWA CYO GUHINGA IBIGORI

Mu rwego rwo kureba aho igihembwe cy’ihinga kigeze mu turere rw’intara y’amajyepfo n’Uburasirazuba twatinze kubona imvura, ubuyobozi bwa RAB bwageze no mu karere ka Gisagara bwifatanya n’abaturage mu guhinga kimwe mu bishanga bigenewe kuzaterwamo ibigori. Umuyobozi Mukuru wungirije muri RAB ushinzwe ibikorwa remezo n’ikoreshwa ry’ama mashini mu buhinzi  Bwana NDABAMENYE Telesphore, ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere [...]

Rwanda | Bugesera: Abahinzi batewe impungenge n’imvura yo mugihembwe cy’ihinga A

\ \ \ \ \ \

Rwanda | Bugesera: Abahinzi batewe impungenge n’imvura yo mugihembwe cy’ihinga A

  Abaturage bo mu karere ka Bugesera batewe impungenge n’imvura ingwa mu gihembwe cy’ihinga A, kuko imvura itangira ukwezi kwa mbere igwa ariko byagera mu kwezi hagati igahagaragarara. Abo bahinzi bavuga ko bahinga mu gihe imvura igwa ariko bakanga gutera imyaka kuko baba batizeye ko iyo mvura izakomeza nk’uko byemezwa n’uwe muri abo bahunzi Mugabonake [...]

Rwanda | Nyamagabe: Abashinzwe ubuhinzi barasabwa gushyiramo ingufu ngo igihembwe cy’ihinga gisozwe neza.

\ \ \

Rwanda | Nyamagabe: Abashinzwe ubuhinzi barasabwa gushyiramo ingufu ngo igihembwe cy’ihinga gisozwe neza.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 09/10/2012, ku karere ka Nyamagabe habereye inama hagati y’ubuyobozi bw’akarere n’ubw’imirenge, mu rwego rwo kurebera hamwe uko igihembwe cy’ihinga gihagaze ndetse n’izindi gahunda zijyana no gufata no gukoresha neza ubutaka. Muri iyi nama yari yitabiriwe n’abashinzwe ubuhinzi n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge yose, iyobowe n’umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imari, ubukungu n’amajyambere, [...]

Rwanda | Nyabihu: Hafashwe ingamba nyinshi zizafasha abaturage kongera umusaruro w’ubuhinzi muri iki gihembwe cya 2013 A

\ \ \ \ \

Rwanda | Nyabihu: Hafashwe ingamba nyinshi zizafasha abaturage kongera umusaruro w’ubuhinzi muri iki gihembwe cya 2013 A

Akarere ka Nyabihu ni kamwe mu turere dufite ubukungu bushingiye ku buhinzi n’ubworozi. Abaturage b’aka karere bakaba bakunze guhinga ibihingwa byatoranijwe bibafasha kwiteza imbere birimo ingano,ibirayi,ibigori,icyayi ndetse n’ibishyimbo. Nk’uko Nyirimanzi Jean Pierre ushinzwe ubuhinzi mu karere ka Nyabihu yabidutangarije,muri iki gihembwe cya 2013 A,biteze kuzamura umusaruro w’ubuhinzi ku bihingwa byose bahinga. Ibyo bakaba babishingira ku [...]

Rwanda : Guhingira  igihe, ni kimwe mu bituma umusaruro uba mwiza- RAB

\ \ \ \

Rwanda : Guhingira igihe, ni kimwe mu bituma umusaruro uba mwiza- RAB

Mu gutangiza igihembwe cy’ihinga 2013 A mu karere ka Kamonyi, Musabyimana Innocent, Umuyobozi wungirije mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB), aributsa abahinzi kubahiriza igihe cy’ihinga, kuko iyo imvura icitse bataratera, nta kizere baba bagomba kugira ku musaruro bateganyaga. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa mbere tariki 17/9/2012, ubereye mu Gishanga cya Bishenyi, gihuriweho n’imirenge [...]

Rwanda | Nyabihu: Ahatangirijwe igihembwe cy’ihinga muri Nyabihu ni hantu ki?

\ \ \ \ \

Rwanda | Nyabihu: Ahatangirijwe igihembwe cy’ihinga muri Nyabihu ni hantu ki?

  Akarere ka Nyabihu,ni kamwe mu turere 7 tugize Intara y’ I Burengerazuba. Kagizwe n’imisozi miremire ndetse kakaba gafite igice cyinini cy’ahahoze ishyamba rya Gishwati. Bitewe n’uko ishyamba rya Gishwati ryakunze kwangizwa,imisozi imwe n’imwe yaryo yasigaye yambaye ubusa,ibiti byarashyizeho,bituma ahahoze iri shyamba hibasirwa n’isuri,inkangu,n’ibindi byangije ubutaka ndetse biranahonona. Ibi kandi ntibyasigaga n’ubuzima bw’abaturage bari bahatuye,dore [...]

Rwanda : KWITEGURA KARE IHINGA NGO NIBIMWE MUBITUMA UMUSARURO WIYONGERA

\ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \ \

Rwanda : KWITEGURA KARE IHINGA NGO NIBIMWE MUBITUMA UMUSARURO WIYONGERA

Abahinzi bo mukarere ka Rusizi basanga  rimwe mu mabanga umuhinzi yagombye kuba agenderaho,ari ukwitegura kare ibihe by’ihinga kuko ngo ntawumenya icyo ikirere kiba gihatse. Umukecuru witwa MUKAMUGARURA  Josepha, aragira ati iyo urimye amasinde kare agahora nyuma ugahingira igihe maze ugafumbira umurima wawe urera nta kabuza.Twari tumusanze mumudugudu wa Karushaririza mukagari ka Burunga ahinga mumurimawe ubona [...]

Rwanda | Kamonyi: Abahinzi biteguye igihembwe cy’ihinga 2013A

\ \ \ \

Rwanda | Kamonyi: Abahinzi biteguye igihembwe cy’ihinga 2013A

Mu matariki ya Nyuma y’ukwezi kwa Kanama 2012, imvura yatangiye kugwa. Bamwe mu bahinzi bo mu karere ka Kamonyi, baratangaza ko uretse ikibazo cy’ihindagurika ry’ikirere cyagiye kigaragara mu myaka ishize, byari bimenyerewe ko ukwezi kwa Nzeri gutangirana n’ibiba ry’umuhindo. Nyinawabakobwa Godibereta wo mu murenge wa Runda, watangiye guhinga mu murima ukikije urugo rwe; aravuga ko [...]

Page 1 of 212