Home » Posts tagged with » ubutaka
abakozi \ amaterasi \ ariko \ mirimo \ neza \ ngo \ Rwamagana \ Rwanda people \ Rwanda Rwamagana \ Rwanda terraces \ Rwanda working \ ubutaka \ umusaruro \ umushinga
Rwanda | I Rwamagana: abakozi bahabwa akazi mu gutegura amaterasi y’indinganire baracyari bake
Abakozi b’Umushinga LWH (Land Husbandry water harvesting and hillside irrigation) ugamije gufata neza ubutaka, kubika amazi no kuvomerera imusozi hagamijwe kongera umusaruro baravuga ko babuze abakozi bakoresha mu mirimo yo gutegura ayo materasi kandi babahemba neza. Uwayezu Valens ukuriye uyu mushinga LWH mu turere twa Rwamagana, Karongi na Rutsiro aravuga ko mu iteganyagihe ry’umushinga [...]
aya \ Gishwati \ isuri \ Kurwanya \ materasi \ nbsp \ Rwanda forest \ Rwanda gishwati \ Rwanda land consolidation \ Rwanda Nyabihu \ Rwanda program \ Rwanda Water Land Management “GWLM” \ rwego \ rwo \ ubuhinzi \ ubutaka
Rwanda | Nyabihu: Igikorwa cyo guhuza ubutaka kirakomeje hakorwa amaterasi ndinganire azafasha abaturage mu buhinzi
Amatersi ndinganire akomeje gukorwa mu misozi y’ahahoze ishyamba rya Gishwati mu rwego rwo guhuza ubutaka,kubufata neza,kuburinda isuri no guteza imbere ubuhinzi Guhuza ubutaka ni imwe mu ngamba zafashwe mu rwego rwo gukora ubuhinzi bw’umwuga,guhinga igihingwa kimwe ahantu hamwe kandi kikitabwaho mu buryo bwiza n’ababishinzwe ku buryo giteza imbere ba nyir’ukugikora. Iyi gahunda kandi ifite akamaro [...]
Abahinzi \ Aho \ ariko \ caption \ cyane \ ibigori \ kuko \ muri \ Rwanda agriculture \ Rwanda harvest \ Rwanda maze \ Rwanda Ngororero \ ubutaka \ umusaruro
Rwanda | Ngororero: Babonye ubwanikiro Babura umusaruro
Mu rwego rwo gufasha abaturage bahurije hamwe ubutaka bakanahinga igihingwa kimwe kubona aho bakusanyiriza umusaruro wabo, mu karere ka Ngororero hubatswe ubwanikiro cyane cyane ubw’ibigori ariko abahinzi bo bavuga ko muri uyu mwaka bahuye n’igihombo gikomeye cyaturutse ku kuteza neza ibigori kandi barahinze. Nubwo igihe cy’isarura ry’ibigori cyenda kurangira, hari aho usanga ibigori bitaruma nko [...]
akarere \ gishanga \ icyo \ Iki \ Kugirango \ muri \ ngo \ Rwanda \ Rwanda (MINAGRI) \ Rwanda exploitation \ Rwanda marshland \ Rwanda Matyazo \ Rwanda RAB \ Rwanda Rusizi \ ubutaka \ umusaruro \ uwo
Rwanda : Rusizi- Ubutaka bwaho bugiye kubonerwa umuti
Umurenge wa Bweyeye ni umwe mu mirenge igize akarere ka Rusizi, ifite ubutaka butera, bityo abaturage baho bakaba bahura n’ikibazo cy’inzara. Ni muri urwo rwego igishanga cyitwa Matyazo gifite ikigereranyo cy’ubuso bungana na hegitari 60, kitabyazwa umusaruro nk’uko bigomba ngo kigiye kubyazwa umusaruro. Kuba iki gishanga kitera ngo ntibituruka ku bahinzi baho, kuko abakora uwo [...]
amasambu \ bwagenewe \ bwo \ icyo \ karere \ Minisitiri \ nbsp \ Nyagatare \ Rwanda \ Rwanda agriculture \ Rwanda farms \ Rwanda Livestock \ Rwanda Nyagatare \ ubutaka \ ubuyobozi
Rwanda | Nyagatare: Abahawe inzuri zo kororeramo barasabwa kutazihindura amasambu y’ubuhinzi
Mu gihe bamwe mu borozi bo mu Karere ka Nyagatare bahawe ubutaka bwo kororeraho bakabuhindura amasambu y’ubuhinzi, Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare bubisabwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, burasaba abo baturage gukoresha ubutaka icyo bwagenewe bitaba ibyo bagafatirwa ibihano. Hirya no hino mu mirenge igize ako karere, cyane cyane iyegereye Pariki y’Akagera nka Matimba, Karangazi, Tabagwe, [...]
abaturage \ babona \ gahunda \ Guhuza \ hegitari \ ibihumbi \ karere \ Rwanda \ Rwanda Bugesera \ Rwanda Development \ Rwanda land use consolidation \ Rwanda population \ ubutaka \ uko \ umusaruro
Rwanda : Bamaze gusobanukiwe ibyiza bya gahunda yo guhuza ubutaka
N’ubwo mu ntangiriro abaturage batumvaga neza gahunda yo guhuza ubutaka, ubu abayitabiriye mu karere ka Bugesera barishimira inyungu ibagezaho bakanahamagarira abatarayitabira kugera ikirenge mu cyabo. Nkinzingabo Jean de Dieu ashinzwe ubuhinzi mu karere ka Bugesera avuga ko gahunda yo guhuza ubutaka mu karere ka Bugesera yatumye wiyongera kuburyo bushimishije. Ati “ hahinzwe hegitari ibihumbi 22.654.50 [...]
cooperative Rwanda \ cya \ gahunda \ gishanga \ Guhuza \ igishanga \ iyi \ land consolidation \ nbsp \ Rugeramigozi \ Rwanda agriculture \ Rwanda marshland \ Rwanda program \ Rwanda rugeramigozi \ ubutaka \ umusaruro
Rwanda | Muhanga: Abahinzi barasaba ubufasha mu rwego rwo guhuza ubutaka
Abahinzi bitabiriye igikorwa cyo guhuza ubutaka buri mu nkengero z’igishanga cya Rugeramigozi mu kagari ka Mubuga ho mu murenge Shyogwe, barasaba ubuyobozi kubafasha kubona amahugurwa kandi bakabona inyongeramusaruro ku gihe kugira ngo bazabone umusaruro uhagije. Iyi gahunda yo guhuza ubutaka bukikije igishanga cya rugerageramigozi yatekerejwe nyuma y’uko abashinzwe ubuhinzi babonye ko iyi gahunda yagize [...]
abaturage \ ako \ Burera \ Guhuza \ ibihingwa \ ibyo \ karere \ muri \ nbsp \ Rwanda \ Rwanda agriculture \ Rwanda BURERA \ Rwanda land use consolidation \ ubutaka
Rwanda : Abanyaburera barasabwa guhuza ubutaka ahantu hose
Umuyobozi w’akarere ka Burera arasaba abayobozi b’inzego z’ibanze muri ako karere gukangurira abaturage guhuza ubutaka ahantu hose aho kugira ngo bikorwe hamwe gusa. Sembagare Samuel avuga ko guhuza ubutaka muri ako karere usanga bikorwa hamwe gusa kandi gahunda yo guhugza ubutaka ireba abanyarwanda bose. Agira ati “guhuza ubutaka ndasaba ko byakorwa hose haba mu bishanga [...]
Abahinzi \ bityo \ gahunda \ Guhuza \ karere \ muri \ ngo \ Rwanda \ Rwanda Development \ Rwanda Green revolution \ Rwanda harvest \ Rwanda Nyabihu \ ubuhinzi \ ubutaka \ umusaruro
Rwanda | Mu karere ka Nyabihu gahunda yo guhuza ubutaka yaritabiriwe ariko izuba ryatumye umusaruro w’ibihingwa utaba mwinshi nk’uko byari byitezwe
Ubuhinzi ni umwuga ukorwa n’Abanyarwanda benshi ugereranije n’indi myuga. Ni muri urwo rwego, mu Rwanda hashyizweho gahunda zo gufasha abahinzi kuzamura umusaruro wabo ndetse no kudahinga ibyo bakoresha mu ngo zabo gusa ahubwo bagasagurira n’amasoko, bityo ubuhinzi bukabateza imbere. Zimwe mu ngamba zafashwe mu rwego rwo kuzamura umusaruro w’ubuhinzi no guhesha agaciro ibihingwa byatoranijwe, harimo [...]
abaturage \ bavuga \ cyane \ ibihwagari \ kandi \ kubera \ kuko \ Murenge \ Rwanda \ Rwanda agriculture \ Rwanda Development \ Rwanda Gisagara \ ubunyobwa \ ubutaka
Rwanda | Gisagara: Babonye igihingwa kibasimburira ubunyobwa
Abaturage bo mu murenge wa Nyanza ho mu karere ka Gisagara bavuga ko kubera ubutaka butari bwiza ku bunyobwa n’izuba rikunze kuva ari ryinshi baretse guhinga igihingwa cy’ubunyobwa bagisimbuza igihingwa cy’ibihwagari kuko byo bihera kandi bakanabikoresha nk’uko bakoresha ibinyobwa, byongeye bikanabaryohera cyane. Kuko ubusanzwe igihingwa cy’ubunyobwa gikunze kwera ahantu hari igitaka cy’urusenyi, abaturage b’umurenge wa [...]



